Mukabagarura Eugenie, umubyeyi w’abana barindwi, utuye mu Mudugudu wa Gitera, Akagali ka Kibirizi, Umurenge wa Mayange, mu Karere ka Bugesera yavuze uburyo yari agiye kwiyahura nyuma yo gutekerwa...
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Burusha ,Umurenge wa Nyamyumba ho mu Karere ka Rubavu baravuga ko batagisarura imyaka yabo kubera agatsiko k’insoresore kabikora ku gahato...
Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2016, Perezida Kagame ku nshuro ya kane yahuye n’itsinda ry’intiti icyenda zirimo kumufasha kuvugurura Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU)....
Kuri hoteli irimo kubakwa mu murenge wa Kimihurura Akagari ka Kimihurura mu mudugudu w’Umutekano habonetse imibiri y’abantu batanu, bivugwa ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iyo...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo na Kimisagara, binyuze muri gahunda...
Stade ya Mbere mu Rwanda Stade AMAHORO yatangiye kuvugururwa ndetse byitezwe ko mu myaka 2 iri imbere izaba yuzuye iri mu isura nshya.
Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo Cg’igihugu cy’imyubakire Noel...
Mu minsi ishize nibwo ikipe ya Real Madrid yatangaje ko hagiye kuba amatora mashya ya perezida w’iyi kipe ashobora kuzarangira uwari Perezida Florentino Perez atsindiye manda ya 5 cyangwa...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 04/9/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) ndetse na saa saba z’amanywa (13h00) azateza muri cyamunara imitungo...
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwasabye abamotari gukura ku ngofero ikirahuri gitwikira mu maso h’umugenzi no gushyira za kandagira ukarabe na alukoro yica udukoko aho bahagarara ari benshi....
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 06/12/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Hacineza Jean Pierre...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 21/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Hacineza Jean Pierre...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 11/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Hacineza Jean Pierre...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 30/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Bwana...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 23/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Bwana...
Umusifuzi witwa Claudia Romani yakomeje mu mwuka wa Noheri,ashyira hanze amafoto ashotorana mu rwego rwo gukusanyaga amafaranga yo gufasha injangwe zitagira aho...