Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi...
Amakuru atangwa na polisi y’ u Rwanda aravuga ko uyu mwaka ibyaha by’ ingengabitekerezo byagabanyutseho 50% ugereranyije ni umwaka ushize.
Polisi y’u Rwanda iravuga ko mu cyumweru cyo kwibuka...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amasomo y’Igihembwe cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kuwa Kabiri tariki ya 18 Mata 2017.
Ni muri urwo rwego yamenyesheje kare abayobozi b’ibigo...
Imikino y’igokombe cy’Amahoro irakomeza kuri uyu wa Kabiri hakinwa imikino ibanza ya 1/16. Ikipe ya Vision FC iraba yakiriye ikipe ya APR FC ni mu gihe Rayon Sports izasura Rugende ku munsi w’ejo....
King James aranyomoza amakuru yamuvugwagaho ko ari gutegura ubukwe, agashimangira ko ayo makuru atari yo, ko ababivuga ari ukubeshya.
Hari hashize iminsi havugwa ko uyu muhanzi yaba ari...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 11 Gicurasi 2017, bugufi y’ isoko rya kijyambere riherereye mu mujyi wa Musanze hagaragaye umugabo witwa Ndagijimana Jean Paul w’imyaka 30, uvuga ko ari umuvugabutumwa...
Umukino wahuje Ikipe ya APR FC na Rayon Sports kuri iki Cyumweru tariki 28 Gicurasi 2017 urangiye amakipe yombi anganya igitego kimwe kuri kimwe bituma APR iguma ku mwanya wa 3 ku rutonde rwa...
Umutoza Seninga Innocent yatangaje ko atitaye ku kuba yaratsinzwe ibitego 2-0 mu mukino ubanza ko ikimuraje ishinga ari ugutsinda Rayon Sports akerekeza muri kimwe cya kabiri.
Mu kiganiro...
Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira Police ibitego 4-1 mu mukino wa kimwe cya kane wo kwishyura biyihesheje amahirwe yo gukomeza muri kimwe cya kabiri ku kinyuranyo cy’ibitego 6-1 aho igomba...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu, kuwa gatatu tariki ya 21 Kamena, yataye muri yombi umugabo witwa Ntegeyimana Jean de Dieu w’imyaka 38, ukomoka mu murenge wa Mudende akagari ka...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...
Nubwo yakiniraga ikipe itaramenyera mu mukino wo gusiganwa ku magare hano mu Rwanda ya Nyabihu Cycling Team umusore Gasore Hategeka yaraye atwaye shampiyona y’igihugu yo gusiganwa ku magare...