Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Ukuboza 2016, haraye habaye umukino wahuje ikipe ya Real Madrid na Borussia Dortmund aho umukino warangiye Real Madrid inaniwe kuyobora itsinda nyuma...
Kuri uyu wa Kabiri hakinwaga imikino y’umunsi wa 5 mu matsinda ya Champions League aho ikipe ya Newcastle yari yatsindiye PSG mu rugo yahanishwaga penaliti itavugwaho...
Abategetsi bo mu Burusiya bavuga ko umutwe witwaje intwaro wambukiye muri icyo gihugu uvuye muri Ukraine unyuze mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya kandi ko gukozanyaho kwahabereye hari abantu...
Ikipe ya Manchester City imaze umwaka w’imikino itagira rutahizamu ufatika,yamaze kugura umunya Norway,Erling Haaland,wakinira ikipe ya Borussia Dortmund mu myaka 2 ishize.
Nkuko babitangaje...
Umutoza Thomas Tuchel yemeye ko bishobora gutwara Chelsea igihe kirenze uyu mwaka w’imikino kugira ngo ifate Manchester City nubwo iyi kipe yakoresheje amafaranga arenga miliyoni 325 z’amapawundi...
Uyu munsi tariki ya 14 Ukuboza 2020, habaye Tombola ya 1/16 cya UEFA Champions League aho PSG yahawe amahirwe yo kwihimura kuri FC Barcelona yabasezereye mu myaka miki ishize ibanyagiye ibitego...
Rutahizamu Kylian Mbappe yatsinze ibitego bibiri mu gihe Paris St-Germain yatsindaga Barcelona ibitego 4-1 iyisezerera muri 1/4 cya UEFA Champions League kandi iyisanze mu rugo ku kibuga isigaye...
Ku rubuga rwa Telegram, minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yagize iti: "Mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kamena [ukwezi kwa gatandatu], umwanzi yagabye igitero kinini ahantu hatanu ho ku rugamba mu...
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine.
Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya...
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cy’indege za gisirikare z’u Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera...
Rutahizamu wa Bayern Munich,Robert Lewandowski,uri mu ba mbere ku isi yatangaje ko igihe cye muri iyi kipe ya mbere mu Budage cyarangiye ndetse ayisaba ko itakoresha ububasha imufiteho ngo...
Umukinnyi wa BAYERN MUNICH, Robert Lewandowski, yatowe nk’umukinnyi wa FIFA witwaye neza kurusha abandi bose ku isi mu bagabo mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko yatsinze...
Ikipe ya PSG iheruka gukuramo FC Barcelona,yatomboye Bayern Munich yayitsindiye ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu mwaka ushize mu gihe Real Madrid yatomboye...
Nkuko byagenze mu mwaka w’imikino ushize,Juventus yongeye gusezererwa mu mikino ya UEFA Champions League itarenze 1/16 kuko yakuwemo na FC Porto ku kinyuranyo cy’ibitego byo hanze cyane ko amakipe...
Mu gihe mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda hari guhingwa urumogi rwo gukoresha mu buvuzi,abarimo Mario Gotze ukinira igihugu cy’Ubudage na PSV na mugenzi we Andre Schurrle uherutse gusezera...
Uwahoze ari rutahizamu wa Chelsea n’andi makipe atandukanye yo mu Budage, Andre Schurrle yashinja umutoza Jose Mourinho ubunyamwuga buke ndetse yemeza ko ariwe watumye asubira inyuma kugeza ubwo...
Umutoza Hansi Flick wa Bayern Munich avuga ko ikipe ye yiteguye "kwitanga uko ari ko kose" igasoza uyu mwaka w’imikino wose neza yegukana igikombe cya Champions...
Rutahizamu w’umunya Poland uri mu beza ku isi Robert Lewandowski yifuje cyane kwerekeza mu ikipe ya Real Madrid kurusha Bayern Munich kugira ngo akinane na kizigenza Cristiano Ronaldo...
After winning in Dortmund and following that up with a comfortable 5-0 victory against struggling Düsseldorf on the weekend, Bayern München are marching towards an eighth successive title.
This...
Imikino ya UEFA Champions League y’umunsi wa 05 mu matsinda kuva murya E kugera muri H yarangiye amakipe yo mu Bwongereza atagaragaje ubukaka bwayo kuko uretse Tottenham yatsinze izindi zose...
Ikipe ya Liverpool yaraye itsindiwe ku kibuga cya Parc des Princes mu mujyi wa Paris n’ikipe ya PSG bituma ijya mu ihurizo rikomeye ryo kuzahura na Napoli igomba gutsinda byanze bikunze kandi ku...
Cristiano Ronaldo ni umwe mu bakinnyi bazwiho kuba barigaruriye imitima y’abakobwa batari bake hirya no hino ku isi, bitewe ahanini n’igihagararo cye ndetse n’uburyo yiyitaho. Ibi rero bikaba bituma...
Abakunzi b’ikipe y’Ubudage batunguwe no kuba mu rutonde rw’abakinnyi 23 umutoza Joachim Low azakoresha mu gikombe cy’isi mu Burusiya,hatarimo Leroy Sane witwaye neza mu ikipe ya Manchester City uyu...