umutoza w’ikipe ya Gor Mahia Jose Fereira Marcelo uzwi nka Ze Maria yashimishijwe bikomeye n’umusaruro w’umunyarwanda ukinira iyi kipe Mugiraneza J. Baptiste Migi ndetse n’umunya Kenya Kenneth Muguna...
Tediane Kone wagize ikibazo cy’ukuboko ubwo Rayon Sports yakinaga umukino ubanza wa CAF Confederation Cup ashobora kumara ibyumweru 3 hanze ni mu gihe Abouba Sibomana akiri mu imvune.
Hari mu...
Kapiteni wungirije mu ikipe ya APR FC Rusheshangoga Michel avuga ko nabo nk’abakinnyi batari bazi ibirimo bibaho muri iyi minsi ariko ngo babiganiriyeho bakaba hari byinshi bayemeje nk’abakinnyi....
Umunya- Tuniziya wari mu mirimo yo gukora amashyanyarazi mu murenge wa Muyaga akarere ka Rwamagana mu ntara y’ iburasirazuba yagwiriwe n’ ipoto bimuviramo urupfu.
Abakoranaga n’ uwo Munya Tuniziya...
Ivana, wigeze kuba umugore wa Perezida Donald Trump agiye gushyira ahagara igitabo kivuga kuri amwe mu mabanga ya Perezida Trump n’ abana be.
Muri icyo gitabo uyu mwanditsi azagaragaramo ubuzima...
Uwineza Josiane wamamaye mu Rwanda ku izina rya Miss Jojo, yasezeranye imbere y’amategeko na Salim Saleh.
Miss Jojo yasezeranye na Salim Saleh mu Murenge wa Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali kuri...
Umukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga APR FC na Pepiniere urangiye amakipe yombi anganyije 1-1, uba umukino wa kane wikurikiranya ikipe ya APR FC itabasha...
Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi yihanganishije bagenzi be bo mu ikipe yakiniye ya APR FC ababwira ko ibihe barimo byo gutsindwa umusubirizo ko bagomba...
Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati mu ikipe ya APR FC no mu ikipe y’igihugu Amavubi Yannick Mukunzi yatangajeko yatsinze ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye ku amanota we yishimira avuga...
Umuraperi Joseph Haule uzwi nka Professor Jay ku izina rye agiye kumurika Album nshya nyuma y’igihe kinini atagaragara muri muzika ugereranyije n’ imyaka ishize ndetse na nyuma y’imyaka hafi ibiri...
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Kenya Charles Kanyi Njagua uzwi cyane ku izina rya Jaguar yagonze abantu babiri bahasiga ubuzima ubwo yaratwaye imodoka ye kuri uyu wa gatatu taliki ya 22 Werurwe...
Abasaza n’abakecuru bahabwa inkunga y’ingoboka mu Murenge wa Rugengabali mu karere ka Burera biguriye icyuma gisya imyaka, cyabafashije kwiteza imbere biciye ku musaruro bakibyaza.
Aba basaza...
Perezida wa Sena y’ u Rwanda Hon Bernard Makuza yagaragaje ko abasore n’ abagabo bashora abana b’ abakobwa mu bushurashuzi kimwe n’ abakoresha abana b’ abahungu imirimo ivunanye babakuye mu mashuri...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, asanga ko igihe kigeze ngo umubano hagati w’ Amerika na Afurika uhinduke, aho ngo umubano ukwiye gushingira ku cyerekezo cya Afurika.
Umukuru w’igihugu yabivugiye...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ’FERWAFA’ ryamaze kwemeza Mashami Vincent na Higiro Thomas nk’abatoza bungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi.
Mashami Vincent kuri ubu yari umutoza mukuru mu...
Umutoza w’ikipe ya Police FC arabizi ko ikipe ya Kirehe FC yihagararaho mu rugo ariko ngo nta manutse i Kirehe kunganyirizayo cyangwa gutsindirwayo agiye gushaka amanota atatu.
Seninga Innocent...
Gereza ya Gasabo iherereye mu murenge wa Kimironkomu w’ Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017. RCS yatangaje...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo inkuru yabaye kimomo ko Alex Muyoboke usanzwe ari umujyanama (manager) w’abahanzi Charly na Nina, n’ umuhanzi w’ Umurundi uzwi ku izina rya Big Farious...
Kuri uyu wa Gatandatu ndetse no ku Cyumweru shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda iraba ikomeza hakinwa imikino itandukanye igera kuri 7 mu mikino 8 y’umunsi wa 22, ni mu gihe undi umwe...
Kuwa Kane tari ya 30 Mata 2017 nibwo ishyirahamawe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko Mashami Vincent na Higiro Thomas ari bo batoza bagomba kungiriza umudage Antoine Hey mu ikipe...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 2 Mata 2017, inzu y’ umuturage iherereye ahitwa Cyahafi munsi y’ amashuri ya Cyahafi na Gereza ya Nyarugenge yafashwe n’ inkongi y’ umuriro yangirikiramo...
Beyoncé Knowless aritegura kwibaruka impanga nyuma y’imfura ye y’umukobwa yabyaranye na Jay-Z ubwo hari muri 2012, hanyuma abyarirwa mu bitaro bya Lenox Hill Hospital biri mu Mujyi wa New York ari...
Umukinnyi wa APR FC Yannick Mukunzi avuga ko yakinanye n’abakinnyi benshi kandi beza batandukanye ariko ngo gukinana na Mugiraneza J. Baptiste Migi ntako bisa kuko ari umukinnyi wamufashije...
Masudi Djuma aratangaza ko ikipe ya Rayon Sports ifite abantu benshi bayikunda bayihoza ku mutima gusa ngo ikibazo ni uko abenshi nta bushobozi bafite bwo kuba bafasha ikipe ku buryo buhoraho...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda buratangaza ko nta tegeko ribuza umutoza w’ungirije mu ikipe y’igihugu kuba yabifatanya no gutoza indi kipe, ngo ibyatangajwe na perezida wa...