Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yandikiye ubutumwa bushimira Nyakubahwa William Ruto watowe nka Perezida mushya wa Repubulika ya Kenya.
Mu butumwa...
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR) rivuga ko abashinzwe umutekano w’u Rwanda bakwiriye guhagarika kurasa abagizi ba nabi mu cyico ahubwo...
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’Ubukungu w’Akarere ka Afurika yo Hagati, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yavuze ko yifuza ko umubano w’Igihugu cye n’u...
Inteko ishingamategeko ya Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda ‘kurekura aka kanya’ Paul Rusesabagina ku ‘impamvu za ubumuntu’.
Raporo yakozwe n’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu (WEF) yashyize u Rwanda ku mwanya wa gatandatu ku Isi n’uwa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bihugu byashyize imbere ihame...
Ministeri y’ubucuruzi n’Inganda n’iya siporo mu Rwanda zamenyesheje ibigo bikora ibikorwa byo guteega ku mikino y’imbere mu gihugu ko biba bihagaze mu gihe hakiri kurebwa ko hari aho byaba bifitanye...
Mu kiganiro yahaye RBA kuri uyu wa 4 Nyakanga 2022, Perezida Kagame yakomoje ku birimo kuba muri DR Congo avuga ko icyiza iyo kitaje, ahora yiteguye ikibi...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo u Rwanda rwakiraga CHOGM kuko bakekaga ko igihugu gihuze ariko ntibabashe...
Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye na RBA kuri uyu wa Mbere tariki ya 04 Nyakanga 2022,yagarutse ku ngingo nyinshi zirimo n’ikibazo kimaze iminsi cy’ubutegetsi bwa RDC bushinja u Rwanda gufasha...
Ambasaderi wa Mozambique mu Rwanda, Amade Miquidade, yapfobeje ubwoba bw’uko u Rwanda rushobora kuba rurimo gukoresha abasirikare rwohereje muri Mozambique guhangana n’intagondwa, mu gusahura...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse yatangaje ko akomeje kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora Umujyi wa Goma, Kabeya François Makosa mu gushaka uko haba umwuka mwiza hagati y’utu...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya yavuze ko iki Gihugu kiteguye gufatira u Rwanda ingamba zikarishye zirimo no kwirukana Ambasaderi warwo,Vincent...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura yari mu Bagaba Bakuru b’Ingabo zo mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba bateguye umushinga w’Ingabo za EAC...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson gukoresha inama itangira i Kigali ku wa mbere y’umuryango wa Commonwealth (CHOGM 2022) nk’uburyo bwo...
Umunyarwandakazi wamamaye nka Cherrie Silver kubera ubuhanga yagiye agaragaza mu kubyina yatangaje ko yageze mu Rwanda aho ari umwe mu bazitabira inama ya...
Ikipe y’Igihugu Amavubi izakinira na Senegal i Dakar muri Senegal mu mukino wa kabiri w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Cote d’Ivoire umwaka utaha.
Nubwo...
Amazina ye ni Pasiteri Jean de Dieu UWIRAGIYE akaba ari umpasiteri mw’itorero ryitwa EDAR ’Eglise de Dieu en Afrique Au Rwanda’ ikicaro cyaryo kikaba giherereye mu karere ka Rubavu akaba yumvikanye...
Ku isaha ya saa cyenda z’amanywa , nibwo umurambo wa Gisaka Hassan umunyarwanda wa mbere wishwe n’indwara ya Covid19 wagejejwe ku irimbi ry’i Nyamirambo aje...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri uyu wa Kane tariki 28 Gicurasi 2020,habonetse abantu batatu bashya basanganwe Coronavirus mu bipimo 1,766 byafashwe, bituma umubare w’abamaze...
Umusore w’Umunyarwanda uri mu kigero k’imyaka 29 witwa Mahoro Pascal,yavuze ko yakubiswe cyane n’umushinwa bakorana muri kompanyi ya China Road amugira intere.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Gicurasi 2020, ni bwo Kabuga Félicien agezwa imbere y’urukiko i Paris mu Bufaransa, aho amenyeshwa ibyaha akurikiranweho. Biteganyijwe ko mu minsi 8 urukiko...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Mata 2020 mu bipimo 722 byafashwe uyu munsi habonetse abantu batatu (3) bashya banduye coronavirus mu gihe abantu 7...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Mata 2020 habonetse abantu 2 barwaye Coronavirus biyongereye ku bandi 82 bagaragaye mu minsi ishize guhera kuwa 14 Werurwe...