Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda A hamwe na Angola mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2023) kizabera muri BK Arena kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 6 Kanama...
Ikipe y’Igihugu Amavubi yatangiye umwiherero wo kwitegura Ikipe y’Igihugu ya Mozambique izwi nka OS Mambas mu mikino yo guhatanira kuzajya mu gikombe cya Afurika cy’ibihugu.
Ishyirahamwe...
Ikipe ya Benin yatangaje ko yareze u Rwanda nyuma y’umukino wo ku wa Gatatu,tariki 29 Werurwe 2023,ibi bihugu byombi byanganyijemo igitego 1-1 mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika...
Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete,yashyizwe ku rutonde rw’abazaba bayoboye igikombe cy’Isi 8 ,...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, Carlos Alos Ferrer yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gushima uko yitwaye mu mwaka wa mbere yari amaze mu kazi.
Uyu mutoza wari wahawe umwaka umwe...
Perezida Kagame ari kumwe na Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo, Perezida Irfaan Ali wa Guyana, umuyobozi mukuru wa BioNTech Uğur Şahin, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe,...
Sadio Mane ukinira ikipe ya Liverpool yahinduye umudugudu avukamo wa Bambali ku buryo bugaragara ndetse uretse amashuri n’ibitaro yubatse,ubu asigaye agenera bamwe amafaranga yo kubabeshaho....
Rutahizamu Sadio Mane ukinira ikipe ya Liverpool aheruka gusubira mu cyaro yavukiyemo muri Senegal anitabira umukino w’umupira w’amaguru mu kibuga cyuzuye ibyondo ari kumwe n’ibyamamare...
Ku munsi w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 8 Kamena 2022, nibwo hasakaye ifoto y’umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier aganira na rutayizamu wa Liverpool Sadio Mane nyuma y’umukino amavubi yaramaze...
Mu nama mu Burusiya, Perezida wa Sénégal akaba n’umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) Macky Sall yabwiye Perezida w’icyo gihugu Vladimir Putin ko Abanyafurika ari inzirakarengane z’intambara yo...
Umunya Senegal,Sadio Mané, biravugwa ko umukino wa nyuma wa UEFA Champions League yaraye akinnye ariwo wa nyuma muri Liverpool.
Uyu mukinnyi wari umaze imyaka 6 muri Liverpool, nta gikombe na...
Sadio Mané avuga ko azatanga igisubizo "cyihariye" kuri ejo hazaza he muri Liverpool nyuma y’umukino wa nyuma wa Champions League uzayihuza na Real Madrid ku wa gatandatu.
Barcelona na Bayern...
Kuri uyu wa Gatatu u Rwanda rwinjiye mu bufatanye bushya na kompanyi ya Pfizer buzafasha inzego z’ubuvuzi kubona inkingo n’imiti yo ku rwego ruhanitse yari isanzwe yihariwe n’ibihugu bikize gusa....
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ishusho y’ibiciro ku isoko n’ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022....
Imikino ya CAN ihuza ibihugu bya Afrika kuri uyu wa gatanu yinjiye mu kiruhuko cy’iminsi ibiri, nyuma y’uko iyo mu matsinda yose irangiye ago hategerejwe igice cyo gukuranamo n’ukuvuga kimwe...
Abahanzi bo muri Afurika ni bamwe mu bakize cyane ndetse binjije menshi mu mwaka wa 2022ariyo mpamvu ikinyamakuru Ghbase cyashyize hanze urutonde rw’abafite akayabo muri...
Umukino w’ u Rwanda na Senegal mu gikombe cya Afurika cya Volleyball mu bagore,wari uteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane saa 18:00 wasubitswe nyuma y’uko Morocco ireze u Rwanda ko rwakinishije...