John Ntaganda Semafara, umuyobozi wa Meteo Rwanda
Byitezwe ko mu mezi atatu ari imbere mu bice bitandukanye by’ u Rwanda hazagwa imvura nyinshi mu bice byinshi, iyi mvura ngo ishobora guteza...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimye Kenya nyuma yo gutaha ikiciro cya mbere cy’umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Kenya, ukanyura muri Uganda, ukaza mu Rwanda ugakomeza mu Burundi, ndetse...
Kuri uyu wa Kabiri, Umuryango w’Abibumbye watangaje ko utewe impungenge n’uko ibintu bishobora kongera kudogera mu gihugu cya Repubulika ya Centre Afurika nyuma y’igenda ry’ingabo za Uganda, Sudani...
Nubwo italiki imikino ya Zone v izatangirira itaramenyekana ,ikipe y’igihugu imaze Ukwezi kurenga yitegura iyi mikino aho kuri uyu wa kabiri hahamagawe abakinnnyi 18 bagomba kuzakurwamo 14...
Raporo y’umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, Reporters Sans Frontières (RSF), yashyize u Rwanda ku mwanya wa nyuma mu karere k’ibiyaga bigari.
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze i Kigali,kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Mata 1994, aho aje mu ruzinduko rw’akazi no kwitabira ibikorwa byo...
Perezida Paul Kagame yavuze ko azashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga, umwe mu bakandida babiri batangaje ko bazahatanira kuyobora komisiyo y’umuryango w’ubumwe...
Umuyobozi Wungirije w’Agateganyo wa RTDA, Mwiseneza Maxime Marius, yatangaje ko inyingo y’ibizakenerwa kugira ngo u Rwanda rugire inzira ya Gari ya Moshi yamaze gukorwa igisigaye ari ugushaka...
Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DGM, rwatangaje ko imipaka yo ku butaka y’iki gihugu irara ifunzwe...
Imikino ihuza Inteko Zishinga Amategeko zo mu Karere ‘The Inter-Parliamentary Games’ yabaga ku nshuro ya 13,ibera mu Rwanda aho Uganda ariyo yahacyanye umucyo...
Depite Mukabalisa Germaine yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa metero 400 mu mikino ihuza Inteko zishinga Amategeko z’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba...
Ubuyobozi bw’Umutwe w’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bw’Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, EACRF, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi mu Ntara...
Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba ibera Arusha muri Tanzania, bariga ku ngingo ijyanye n’amasezerano ya Nairobi yo kugarura amahoro muri Congo...
Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye...
Umusirikare wa Kenya wo mu ngabo z’akarere k’Afurika y’uburasirazuba (EACRF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yiciwe mu mirwano...