Guverinoma y’ u Rwanda yateye utwatsi amakuru yakwirakwiye mu binyamamakuru avuga ko Leta y’ u Rwanda yasinyanye na Israel amaserano mu ibanga areba abimukira bagomba bo muri Afurika.
Kuri uyu wa...
Ikipe y’igihugu Amavubi irakina na Algeria uyu munsi saa 15h30,mu mukino wa nyuma wa gicuti wo kwitegura imikino ya CHAN izatangira ku I taliki ya 13 Mutarama igeze ku I taliki ya 04 Gashyantare...
Ministre w’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ibikorwa by’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Mme Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa kabiri yagiranye ibiganiro na perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari,...
Brigadier General (Brig Gen) Jean Damascene SEKAMANA wo mu Ngabo z’U Rwanda,yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Statut yihariye y’Ingabo z’U Rwanda ingingo ya 82 ivuga ko Ofisiye wo ku rwego rwa...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 06 Mutarama 2018 nibwo hari hateganyijwe umukino wa gicuti wagombaga guhuza Amavubi na Sudan kuri stade ya Stade Mongi Ben Brahim mu mugi wa Sousse muri Tuniziya,...
Umwaka wa 2017 waranzwe n’ibintu bitandukanye mu mikino hano mu rwanda aho benshi bishimiye ibyo bagezeho abandi barifuza impinduka mu mwaka utaha.
Umuryango wagerageje kureba bimwe mu bihe...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriwe mu musangiro na mugenzi we wa Sudani, Omar Al-Bashir ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017.Ni ibirori byaranzwe n’imbyino n’umuco...
Umugabo witwa William Masvinu wo muri Zimbambwe ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kwegukana umwanya wa mbere mu bantu babi mu gihugu kuri we ngo ni ishema rikomeye.Ni mu birori byabaye kuwa kane...
Harun Ahmed n’umwe mu bihumbi n’ibihumbi by’abasore bo muri Ethiopia bagerageje gufata urugendo rurerure baciye mu butayu bwa Sahara bagera muri Libya, bafite intumbero yo kujya i Buraya.
Ubu...
Ikipe y’igihugu Amavubi iri mu itsinda ry’urupfu mu mikino ya CECAFA aho yisanze iri mu itsinda rya mbere aho iri kumwe na Kenya,Libya,Tanzania na Zanzibar mu gihe itsinda rya B ririmo Uganda,...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 09 Ukwakira 2017 Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni yagize Kyabihende umuvugizi w’Ingabo za UPDF ziri i Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya kongo, ni...
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’abibumbye Antonio yatangaje ko adashyigikiye abifuza kugabanya abasirikare ba ONU bari muri Republika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Inama ya ONU ishinzwe...
Muri Nijeriya, hatangijwe gahunda yo gukingira icyorezo cya korela mu gihugu hose, mu gukumira ko iki cyorezo gikwira mu bihugu bihana imbibi.
Abarenga 48 kugeza ubu bamaze guhitanwa n’iki...
Abayobozi bakuriye iperereza rya Gisirikare mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba bari kuganira uburyo barushaho gukomeza ubufatanye mu kubumbatira umutekano n’ubusugire bw’ibihugu 6...
Igitondo cyiza musomyi w’Umuryango.rw
Umuryango.rw wabanye nawe mu gihugu cyose muri gahunda zo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahataniraga kuyobora u Rwanda, uwegukanye intsinzi ni Paul Kagame...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey aratangaza ko nubwo yatsinzwe na Uganda ibitego 3-0 mu mukino ubanza w’icyiciro cya nyuma mu gushaka itike yo kwerekeza muri CHAN 2018 iteganyijwe kubera muri...
Tariki ya 30 Nyakanga, ni umunsi wa 211 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 154 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
1502: Christophe Colomb wavumbuye Amerika akitirirwa igihugu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Nyakanga 2017 Amavubi yabonye itike yo gukina amajonjora ya nyuma yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN nyuma yo kunganya na Tanzania 0-0 mu mukino...
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga nibwo ikipe y’u Rwanda Amavubi iracakirana na Tanzania mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN aho umutoza Antoine Hey...
Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania yaraye isesekaye I Kigali muri iri joro ryo kuwa gatatu Taliki ya 19 Nyakanga aho ije gukina n’u Rwanda mu mukino wo kwishyura mu mikino yo gushaka itike yo kwerekeza...
Ibyaranze tariki ya 19 Nyakanga harimo n’ijyaho rya Guverinoma ya mbere ya nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Turi tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Ikipe ya AS Kigali irimo gutegura irushanwa rizahuriramo amakipe 4 akomeye yo mu Rwanda n’andi y’ibigugu yo muri afurika nkuko yabikoze umwaka ushize ubwo yazanaga ikipe ya AS Vita Club....