Ku wa 22 Werurwe 2020, ubwo yari yitabiriye amasengesho yo gusabira igihugu yabereye muri Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Pawulo w’Umusaraba muri Katedrali ya Dodoma, Perezida wa Tanzania Dr John...
Kuri uyu wa Gtanu tariki ya 15 Gicurasi 2020,intumwa za Repubulika y’u Rwanda n’iza Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzaniyazahuriye mu nama yabaye hakoreshejwe ikoranabuhanga hagamijwe kwigira hamwe...
Ibinyamakuru byo muri Tanzania byifashishije ifoto y’umunyarwandakazi wamamaye mu Rwanda mu mwuga wo gukina filime Niyomubyeyi Noella wamamaye nka Foromina muri papa sava byamushyize mu majwi ko...
Minisitiri w’intebe wa Tanzania Kassim Majaliwa yavuze ko mu gihugu hari abantu 66 barwaye coronavirus, leta iheruka gutangaza amakuru kuri iki cyorezo tariki...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Douglas Jack Agu uzwi nka Runtown ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho yahungiye imyigaragambyo irikubera iwabo muri Nigeria, Joe Boy we yahungiye muri...
Abaturage bagera kuri miliyoni 29 uyu munsi ku wa gatatu babyukiye mu matora y’umukuru w’igihugu, abakandida 15 barahatana, babiri muri bo ni bo bakuruye imbaga nini mu...
Umwe mu bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania avuga ko habayeho uburiganya ahantu hose "butarimo no kugira isoni", mu matora yabaye ejo ku wa...
Lazaro Mambosasa, umukuru wa polisi ya Dar es Salaam uyu munsi yatangaje ko bataye muri yombi bamwe mu bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi barimo batatu mu bakuriye ishyaka CHADEMA....
Tundu Lissu wo mu ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, yabwiye BBC ko yakangishijwe ko azicwa bituma yihutira gusubira mu Bubiligi aho yari yaragiye...
Ubwongereza bwatangaje ingingo ibuza abagenzi bose bavuye muri Tanzania na DR Congo kwinjira muri iki gihugu, mu rwego rwo kwirinda Covid-19.
Kuri Twitter, minisitiri w’ubwikorezi mu Bwongereza...
Mu rwego rwo kwifatanya mu kababaro na Tanzania kubera urupfu rw’uwari Perezida wayo John Pombe Magufuli, Perezida Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo mu Rwanda guhera uyu munsi kugeza igihe...
Perezida wa Tanzania utavugwaho rumwe John Magufuli yatabarutse ku myaka 61. Umuhungu wavutse mu muryango ukennye, yarazamutse agera ku rwego rwa perezida mu 2015, yashimwaga ko atihanganira...
Kuri uyu munsi bashyinguraho John Magufuli, Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b’ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na "buri wese wabanye...
Polisi ya Tanzania yemeje ko abantu 45 bapfuye naho abandi 37 barakomereka ubwo ababarirwa mu bihumbi babyiganiraga mu gikorwa cyabereye i Dar es Salaam cyo gusezera kuri John...
Perezida Kagame uri muri Tanzania, yageze kuri Stade Uhuru i Dar es Salaam aho yifatanije na Perezida Samia Suluhu Hassan hamwe n’ibihumbi by’Abanyatanzaniya mu birori byo kwizihiza Isabukuru ya 60...
Indege itwara abagenzi yo muri Tanzania yakoreye impanuka mu kiyaga cya Victoria, ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Bukoba uri hafi y’icyo kiyaga mu majyaruguru ashyira...
Umurobyi witwa Majaliwa Jackson wabaye intwari muri Tanzania kubera kurukora ubuzima bw’abantu 24 bari mu ndege ya Precision Air,yakiriwe n’Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu kuri uyu wa Gatanu,...
Impunzi y’Umunyekongo ikomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge yari iherutse kugera mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, yo mu gihugu cya Tanzania, mu gitondo cyo kuwa Kane ushize yiciwe muri iyi nkambi...
Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira ngo...
Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Tanzania, ku ishuri ribanza rya Olomitu riherereye ahitwa Chekereni mu Mujyi wa Arusha, witwa Yusuph Zaphania w’imyaka 13 y’amavuko,...
Umuhanzi Ngabo Médard Jobert [Meddy], umuririmbyi umaze kubaka ibigwi mu mu muziki w’u Rwanda no hanze y’iki gihugu mu ijoro ryakeye kuwa Gatandatu tariki 9 Ugushyingo 2019 yataramiye imbaga...
Perezida wa Tanzania,John Pombe Magufuli yagaragaye mu mujyi wa Dar es Salaam ari guseka bikuraho ibihuha byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga guhera kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize ko yagiye...
Uwitwa Col. Sinayobye Bernabé wari umuyobozi wungirije w’umutwe w’Ingabo wa FLN,wakoranaga na Sankara wari umuvugizi wayo,biravugwa ko yashimutiwe mu gihugu cya Tanzania n’abantu...
Ikipe zari zihagararariye EAC mu gikombe cya Afrika zanyagiwe ibitego 3-0 mu mukino wa nyuma w’amatsinda bituma amahirwe yo gukomeza muri 1/8 ayoyoka kuri Tanzania mu gihe Kenya yo isigaranye make...