Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yashinje Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya gufunga ibyambu byari kugeza ibiribwa ku bakene cyane ku isi.
Ibi Bwana Johnson yabigarutseho mu...
Nubwo mu busanzwe akenshi dupfa kurya uko tubonye, ariko burya umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri...
Mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 13 Werurwe 2022, nibwo Isibo TV yakoze umuhango wo gutanga ibihembo ku nshuro ya kabiri bya ‘The Choice Awards 2021’ wabereye muri Onomo Hotel mu Mujyi wa Kigali....
Yago TV Show ni umuyoboro wa YouTube usanzwe ucishwaho ibiganiro ahanini byibanda ku myidagaduro n’imibereho y’abaturage. Muri iyi minsi inkuru zikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ko uyu...
Bamwe basigajwe inyuma n’amateka bo mu mirenge ya Kinigi na Nyange, mu karere ka Musanze bavuga Covid-19 yabateje inzara kuko ahanini badahinga. Mu gihe cya guma mu rugo, abari batunzwe no...
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Ugushyingo 2021,aho yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Jean-Michel Sama Lukonde ku kibuga cy’indege,nyuma aza guhura...
Aba Taliban babujije abogoshi (aba-coiffeurs) bo mu ntara ya Helmand mu majyepfo ya Afghanistan kogosha cyangwa guconga ubwanwa, bavuga ko binyuranyije n’uko bo bafata amategeko ya...
Rutahizamu wa APR FC,Byiringiro Lague,yatangaje ko atabashije kubyaza amahirwe yabonye yo gukina mu Busuwisi kuko yatsinzwe igeragezwa mu ikipe yari yerekejemo.
Amakuru avuga ko abantu babarirwa muri za mirongo bishwe cyangwa bagakomereka, nyuma yuko igisirikare cya Ethiopia kirwanira mu kirere kimishe ibisasu ku isoko ryo mu karere ka Tigray kari mu...
Rutahizamu wa APR FC,Byiringiro Lague wagiye gukora igeragezwa mu Busuwisi kuri invitation ya FC Zurich, yasinye amasezerano y’imyaka 3 mu ikipe ya Neuchâtel Xamax...
Umukinnyi ukiri muto w’umunyarwanda,Lague Byiringiro wakiniraga APR FC yo mu Rwanda yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 3 muri FC Zurich yo mu cyiciro cya mbere mu busuwisi yari amazemo iminsi...
Rutahizamu wa APR FC n’ikipe y’igihugu "Amavubi",Byiringiro Lague ari mu munyenga w’urukundo n’umukobwa witwa Uwase Kelia ndetse amakuru aravuga ko bashobora kurushinga muri uyu...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC akaba na rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’U Rwanda Amavubi, Byiringiro Lague, yavuze ku bijyanye no gukora ubukwe n’umukunzi we anagenera ubutumwa umunyamakuru KNC wavuze ko...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe 2021 nibwo Sugira Ernest yujuje imyaka 30 y’amavuko aho abantu benshi baba mu mupira w’amaguru bamwifurije umunsi mukuru ndetse hiyongeraho na Noella...
Abakinnyi ba Liverpool barimo Umunya-Misiri Mohamed Salah, bagaragaye mu myitozo yo muri Gym bumva indirimbo ‘Fresh’ y’umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie.
Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Team Rwanda yari imaze iminsi mu Misiri ikina shampiyona ya Afurika yo gusiganwa ku magare,ayishimira uko yitwaye ikazana imidali 14 ndetse...
Rutahizamu w’ikipe ya APR FC w’imyaka 20,Byiringiro Lague,biravugwa ko agiye kwerekeza mu ikipe ya FC Zurich yo mu Busuwisi mu igeragezwa aho ashobora guhabwa amasezerano...
Kuri iki cyumweru,nibwo Amavubi arakina na Guinea mu mukino wa 1/4 ariyo mpamvu Minisitiri Munyangaju yageneye ubutumwa abakinnyi bahawe na Perezida Kagame.
Mu minsi ishize nibwo Muyakazi Sadate yatangaje ko Amavubi naramuka atsinze ikipe ya Uganda Cranes azahemba buri mukinnyi amadolari 100. Mu ijoro ryo kuwa mbere nibwo umukino w’Amavubi na Uganda...
Ikipe y’igihugu “Amavubi” yaruhije bigaragara ikipe ya Uganda ariko ntiyabasha kuyitsinda mu mukino wa mbere wo mu itsinda C rya CHAN 2020 warangiye banganyije...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Sugira Ernest ntabwo arakina umukino ubanza wa CHAN2020 , kubera amakarita abiri y’umuhondo yabonye mu mikino ibiri u Rwanda twakinnye na Ethiopia mu gushaka...