Mu mpera z’icyumweru gishize mu gace ka Madhupur mu Karere ka Mayurbhanj mu Buhinde baherutse guhana by’intangarugero abagore 5 bakekwaho amarozi, aho babahambiriye ku biti maze bakabahata ibiboko...
Mu gihugu cy’ Ubuhinde mu mujyi wa Mumbai, umugore yatwikishijwe acide n’umugabo we amuhora ko ngo yashatse akazi atamujyishije inama.
Umugabo witwa roobab Ali Sheik wo mu gace ka Malwani ho mu...
Kugeza ubu abantu 9 nibo bamaze gutangazwa ko baburiwe irengero mu mu gihugu cya Tanzaniya, nyuma ubwato barimo buhamye mu Nyanja y’Ubuhinde kuri uyu wa Gatatu
Daily Monitor yatangaje ko inzego...
Umukobwa witwa Ingabire Habibah w’imyaka 20 y’amavuko wari uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Supranational 2017, yatangaje ko yanyuzwe cyane n’umusaruro yakuye muri iri rushanwa...
Umukobwa witwa Ingabire Habibah wari uhagagariye u Rwanda mu irushanwa y’ubwiza rya Miss Supranational 2017 ryaberaga muri Polanda agataha amara masa, yerekeje mu kiruhuko mu mujyi wa Mombasa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko Sridevi Kapoor wamamaye muri filime z’ibihinde yitabye Imana .
Urupfu rw’ uyu muhindekazi ni inkuru mbi mu matwi y’ abakunzi ba...
Umuryango wa Kim Kardashian n’umuraperi Kanye West wamaze kwakira undi mwana nyuma y ‘igihe kingana n’amezi 9. Umunyamideri ukomeye muri Leta zunze ubumwe za Amerika Kim Kardashian yamaze kwakira...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Werurwe 2018, mu gihugu cy’ imodoka yari itwaye abantu bari bagiye mu bukwe yakoze impanuka ihitana abantu 25 biganjemo abana n’ abagore.
Iperereza ry’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda yatangaje...
Nk’ uko bitangazwa na hareably ni uko iyi mihanda ari umwe mu mihanda iteye ubwoba,ihanamye ndetse igoye kuba wayigenderamo wenyine cyangwa ngo ugende utuje iyo mihanda usangamo Khardung La ,...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo yaherekeje Perezida wa Mozambique wasuye ingoro ndangamurage y’ u Rwanda iherereye mu karere ka Nyanza amwereka amateka y’ u Rwanda...
Perezida wa Mozambique Filipe Nyusi yasoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, aho yari amaze iminsi asura ibikorwa bitandukanye mu gihugu.
Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi...
Umuhanzi nyarwanda BINEGO Toussaint uzwi ku izina rya Extra ukunzwe n’urubyiruko rutari ruke yakoze amashusho umuntu yavuga ko atamenyerewe mu Rwanda aryamye ku kibuno...
Ibi byabereye mu gihugu cy’Ubuhindi mu gace kitwa Marahashtra, aho umugabo umwe utatangajwe amazina n’itangazamakuru ku mpamvu z’umutekano we yishe urusamagwe akayirya nyuma yo kuyihiga igihe kinini...
Mu mashyamba yo ku kirwa cya Andaman mu gihugu cy’ Ubuhinde hari ubwoko bw’ abantu bitwa Abajarawa, nibwo bwoko bwasigajwe inyuma n’ amateka kurusha ubundi bwose bwo ku mugabane w’ Asiya nyamara ngo...