Mu gihugu cya Maldives giherereye mu majyepfo ya Asia mu Nyanja y’Ubuhinde, hafunguwe hoteli ya mbere ku Isi yubatse munsi y’amazi, ihabwa izina ry’Ikinyarwanda...
Priyanka Chopra yavutse ku ya 18 Nyakanga 1982 i Jamshedpur, muri Bihar (muri iki gihe Jharkhand), . Se yari Umuhindu ukomoka muri Ambala. Nyina Madhu Chopra akomoka muri Jharkhand, ni umukobwa...
Abategetsi ba Sénégal bavuga ko basabye ko toni 2,700 za ’nitrate d’ammonium’ - ikinyabutabire cyateje iturika rikomeye i Beirut muri Liban - zikurwa mu murwa mukuru...
Umuyobozi mukuru wa Gagamel Bebe Cool kuri ubu watangiye ibikorwa byo gufasha abinyujije mu muryango yashinze udaharanira inyungu wa “The Amber Heart Foundation” kuri iki cyumweru yohereje abana 5...
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira...
Bakoresha inka akarasisi banazitatse indabyo. Burya hari inyamaswa zubahwa cyane ku isi zinakorerwa ibirori bihambaye kubera imyemerere no kuzikunda cyane. Sobanukirwa uko zimwe mu nyamaswa...
Amerika yizeye ko ibihano byayo bishya ku Burusiya – byitezwe gutangarizwa i Hiroshima mu Buyapani mu nama y’itsinda rya G7 ry’ibihugu bikize cyane ku isi – bituma ibindi bihugu byo muri G7 na byo...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasohoye itangazo riburira abaturage bayo bari muri Kenya ko hashobora kuba ibiterobvy’iterabwoba mu gihugu.
Itangazo ry’Ambasade ya Amerika i Nairobi rivuga ko ibice...
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa na Vladimir Putin w’Uburusiya bazaganira ku ntambara muri Ukraine hamwe “n’ingingo mpuzamahanga n’iz’akarere” mu nama izatangira kuwa kane, nk’uko bivugwa na Kremlin....
Ubufaransa bwavuze ko buhamagaje ba ambasaderi babwo muri Amerika no muri Australia ngo bagirane ibiganiro, mu kwamagana amasezerano yo mu rwego rw’umutekano arimo...
Abategetsi bavuga ko indege ya kompanyi Air India Express yari irimo abantu 190 yakoreye impanuka ku kibuga cy’indege cyo muri leta ya Kerala mu majyepfo y’igihugu, yica abantu...
Icukumbura rya BBC ryabonye ko umuti wa remdesivir uri kwifashishwa mu kuvura Covid-19 mu Buhinde ubu uhenze cyane ku isoko rya magendu aho uri kuboneka...
FOTO@INTERNET
Ubushakashatsi bwakozwe mu bihugu bitandukanye ku Iis no muri Afurika muri rusange ku mibereho y’abagore mu bihugu bitandukanye, bugaragaza ko igihugu cya Somalia ari cyo gihugu...
Nubwo hakorwa intonde mu binyamakuru binyuranye,ikinyamakuru Forbescyiza ku isonga. Jeff Bezos umuyobozi wa Amazon niwe wagizwe umuherwe uyoboye ku isi uyu mwaka wa 2019 akaba afite ubutunzi...