Umubyeyi witwa Uwase Sandrine wo mu Karere ka Rubavu yahiriye mu nzu mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Ukuboza 2019, umwana we w’imyaka itandatu yitaba Imana ageze kwa...
Mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda Premier League”,ikipe ya APR FC yatsinze Gasogi United bigoranye ibitego 3-2 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali I...
Nyampinga w’u Rwanda 2014 Akiwacu Colombe ufite ubunararibonye mu irushanwa rya Miss Supranational yitabiriye mu mwaka wa 2016,yerekanye amahirwe yageza Umunyana Shanitah ku ikamba ari guhatanira...
Gahunda yo gutangira gushakisha Nyampinga w’u Rwanda wa 2020 mu hirya no hino mu gihugu yatangiye aho abakobwa bifuza guhatana basabwe gutangira kwiyandikisha.
Birazwi ko buri muntu wese aba afite uruhande rwiza cyangwa ibimuranga ku mubiri we bidasanzwe, aba bantu banditswe hasi bafite uruhu rudasanzwe rutangaza abantu bababona mbese bisobanuye ko...
Hashize ukwezi kumwe n’iminsi irindwi gusa umuhanzikazi n’umunyamakuru Tanasha Donna yibarutse imfura ye n’umwana wa kane ku muhanzi Diamond Platnumz none yasangije abafana be ifoto yasubiranye...
Ikipe ya Liverpool yatangiye premier League 2019-2020 itanga ubutumwa bukomeye imbere y’abakeba kuko yanyagiye Norwich City ibitego 4-1 mu mukino ufungura iyi shampiyona y’Ubwongereza ikundwa na...
Umuhanzi ukomeye mu njyana ya Bongo Flava,Diamond Platnumz ukomoka mu gihugu cya Tanzania,yatangaje ko igihugu cya Uganda gikomokamo uwahoze ari umugore we Zari Hassan aricyo gifite abakobwa beza...
Kuwa kane w’icyumweru gishize nibwo uyu mwana wavukanye imitwe 3 yavukiye mu Buhindi bituma benshi mu bagize umuryango we bagira ubwoba bwinshi.
Uyu mwana w’umukobwa yavukiye mu ntara ya Uttar...
Abakunzi ba Kiyovu Sports bari baje kuri stade ya Kigali I Nyamirambo n’iyonka baje kwegukana igikombe cy’Amahoro baherukaga gutwara mu mwaka wa 1985 cyitwa Trophee Habyarimana,batashye bababaye...
Abana barindwi bava inda imwe batuye mu mudugudu wa Kabasanza,akagari ka Gihara,mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi,baravuga ko babayeho ubuzima bushririye nyuma y;aho nyina abataye mu nzu...
Tanzania yatsinzwe ibitego 2-0 na Senegal mu mukino yakozemo amakosa menshi cyane ndetse ntiyigeze ibasha gutera mu izamu n’inshuro n’imwe mu minota 90 y’umukino.
Imodoka yo mu bwoko bwa Rav 4, plaque RAC 917M yari iturutse Kabgwa yerekeza mu mujyi yagonze Moto eshatu zirimo ebyiri zari ziriho abagenzi hafi ya feux rouge I Nyabugogo, abantu babiri bahita...