Rutahizamu Cristiano Ronaldo w’ikipe ya Juventus yibasiriwe n’umunyamakuru ukomeye wanabaye umukinnyi ukomeye mu bwongereza Gary Lineker amuhora ko yashyize hanze ifoto ya selfie ari guseka mu...
Manchester City yabaye ikipe ya mbere yatsinze Liverpool muri Premier League 2018/2019 kuko ku mukino w’umunsi wa 21 wa Premier League yayitsinze ibitego...
Umuhanzi Ngabo Medard ukorera ibikorwa bye bya muzika muri Leta Zunze za Amerika nyuma yo kugaruka mu Rwanda azanye n’umukunzi we nibwo benshi bemeye ko uyu musore ari mu rukundo ibintu atakundaga...
Kabuhariwe Lionel Messi yasubije Cristiano Ronaldo wamusabye guhindura ikipe akava mu ikipe ya FC Barcelona yagezemo afite imyaka 13 akamusanga mu Butaliyani ko atiteguye kuva mu ikipe ya mbere...
Abanyeshuli bo muri Kaminuza ya Bristol mu Bwongereza bari kuvugwa cyane mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto bifotoje bambaye ubusa,bashaka gushyira muri kalendari bazagurisha...
Umutoza wa Liverpool,jurgen Klopp ukundwa na benshi kubera imikinire ye yo gusatira,yatangarije abanyamakuru ko muri telefoni ye atunze ifoto imwe ya Selfie yifotozanyije na Lionel Messi ndetse...
Ikipe ya Real Madrid irifuza gushora akayabo ka miliyoni 90 ku bakinnyi babiri bakina mu makipe akomeye mu Bwongereza barimo Marcus Rashford ukinira Manchester United na Christian Eriksen ukinira...
Umugabo witwa Adam Thomas w’imyaka 22 n’umukunzi we Claudia Patatas w’imyaka 38 bari mu mazi abira kubera kwita umwana wabo Adolf,mu rwego rwo kwerekana ko ari abafana ba Adolf Hitler wubatse...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho wari umaze iminsi atandagaza abatoza yongeye kumvikana yibasira umutoza Jurgen Klopp wa Liverpool aho yavuze ko we ari igihangange ku ruhando...
Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp uherutse kwibasirwa na Jose Mourinho amwita ko ari umutoza uciriritse kubera ko ataratwara igikombe mpuzamahanga,yatangaje ko atajya akurikirana ibiganiro...
Myugariro w’ikipe ya Liverpool yatangaje ko Sergio Ramos ari myugariro wa mbere ku isi bibabaza benshi mu bafana ba Liverpool banga uyu munya Espagne kubera ukuntu yavunye Mohamed Salah ku mukino...
Myugariro Rio Ferdinand wahoze akinira Manchester United akayivamo ayubakiyemo amateka yatangaje ko Cristiano Ronaldo yakundaga kwambara ubusa yarangiza akireba mu ndorerwamo akabwira abakinnyi...
Perezida wa Liberia George Weah ku myaka 51 y’amavuko yongeye kugaragara mu ikipe y’igihugu ya Liberia ndetse ari na kapiteni mu mukino Liberia yakinaga na Nigeria mu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri...
Karen White niyo mazina umugobo witwa Stephen Wood yihaye nyuma y’ uko atangaje ko asigaye yiyumva nk’ umukobwa ndetse afite gahunda yo kugana abaganga bakamuhindurira...
Umunyamideli w’Umurusiya witwa Anna Shapiro w’imyaka 30 yatangaje ko perezida w’igihugu cye Vladimir Putin yagerageje kumwica we n’umugabo we akoresheje uburozi bwica imbeba (sumu ya panya),Imana...
Icyamamare muri Muzika Justin Bieber cyagaragaye mu mujyi wa London kiri gucurangira guitar ku muhanda imbere y’imbaga y’abantu benshi barimo n’umukunzi we Hailey Baldwin wagaragaye yambaye impeta...
Umwongereza James Milner uri kwitwara neza muri Liverpool nubwo ashaje,yatangaje ko se umubyara wakuze afana Leeds United yamusabye kutazigera yambara imyenda y’umutuku byatumye akura yanga...