Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yikuye mu guhatanira ubuyobozi bw’ishyaka rya Conservative riri ku butegetsi, avuga ko yari afite abamushyigikiye bo gutuma yiyamamaza...
Ibihumbi by’impunzi z’Abanyafuganisitani zigiye kwirukanwa mu mahoteri yo muri UK muri gahunda nshya ya Guverinoma.
Nk’uko ikinyamakuru The Times kibitangaza ngo impunzi ziri hagati ya 8000 na...
Bamwe mu Banyafurika y’Epfo barahamagarira u Bwongereza gusubiza diyama nini ku Isi, izwi ku izina ry’Inyenyeri ya Afurika (Star of Africa), yashyizwe mu ikamba ry’ubwami Umwami Charles III agiye...
Umuhanzi Chris Brown ukomeye cyane mu muziki wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Nyuma yo gukomorerwa ibihano yari yahawe n’u Bwongereza mu 2020 , yongeye gushakishwa n’iki gihugu kubera urugomo...
Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ’guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya...
Guverinoma y’u Bwongereza ntiyemeranya n’abavuga ko u Rwanda rudatekanye byo kwakira abimukira, bashingira ku kuba hari Abanyarwanda 14 baherutse guhabwa ubuhungiro n’iki gihugu cyo ku mugabane...
Ubwo yari mu nama n’abanyamuryango b’ishyaka rye ry’aba ‘Conservateur’ yashimangiye ko Abongereza batagomba gutwarwa n’ubuyobe bw’ababigisha ko umuntu ashobora kuba igitsina icyo ari cyo...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rutemeranya n’umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga rw’u Bwongereza, rwanzuye ko ari igihugu kidatekanye ku bimukira, ko ndetse mu...
Perezida w’urukiko rw’ikirenga rw’Ubwongereza Robert John Reed yavuze ko mu myanzuro yagendeweho banga icyemezo cy’Ubwongereza cyo kohereza mu Rwanda abimukira harimo ko rwanze gucumbikira impunzi...
Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo yabwiye Televiziyo yo mu Bwongereza Sky News ko harimo kunozwa amasezerano azatuma kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro mu Bwongereza byoroha,...
Abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, kuri uyu wa 4 Werurwe 2024 batoye amavugurura abangamira gahunda ya Guverinoma yo kohereza abimukira mu...
Mu gihe habura amasaha make kugira ngo Croatia ihure n’Ubwongereza mu mukino wa ½ cy’irangiza mu gikombe cy’isi kubera mu Burusiya,umutoza wa Croatia Zlatko Dalic yavuze ko batananirwa guhagarika...
Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth yandikiye ibaruwa irambuye Harry na Meghan bari ibikomerezwa mu muryango w’I Bwami ariko bagahitamo kubivamo bakajya...
Ku munsi wo kuwa mbere w’iki cyumweru nibwo rutahizamu w’ikipe ya Chelsea akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, Callum Hudson-Odoi yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu....
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson yavuze ko iki aricyo gihe kugira ngo Ukraine ihabwe icyo ikeneye cyose kugira ngo itsinze Uburusiya bwayigabyeho ibitero mu mezi 11...
• Shampiyona y’Ubwongereza iyoboye izindi mu kugira amakipe afite abakinnyi bahenze uramutse ugurishije ikipe yose icyarimwe
• Real Madrid iri ku mwanya wa 6 kubera kugira abakinnyi bakuze
• Amakipe...
Mu binyamakuru mpuzamahanga ku mpapuro z’ ibanza (La une) ku wa Gatandatu tariki 19 Gicurasi 2018 inkuru nyamukuru yari ubukwe bw’ igikomangoma cy’ Ubwongereza Harry Galles n’ umukunzi Meghan Markel...
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal Arsene Wenger yatangaje ko kuri we nta kipe ifite abaturage bake aha amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya, ndetse abona amakipe 3 arimo...
Rutahizamu Harry Kane abafana b’Ubwongereza bose bahanze amaso mu mukino w’uyu munsi barahuramo na Sweden yavuze ko barakora ibishoboka byose bagatuma abafana babo bishima muri uyu...