Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangaje ko umukinnyi Raheem Sterling yitwaye nabi cyane mu gikombe cy’isi ndetse atumva impamvu yabonye amahirwe yo kubanza mu kibuga ku mukino...
Polisi y’Ubwongereza yatangaje ko abagore 8 n’abagabo 31 basanzwe mu ikamyo nini mu Bwongereza ku munsi w’ejo ari abashinwa b’abimukira bishoboka ko bishwe no kubura umwuka wa...
Inyandiko y’urukiko ivuga ko uwari ukuriye gereza ya Nyarugenge iri i Mageregere muri Kigali n’umwungirije, bafunzwe baregwa kwiba umwe mu bayifungiyemo ufite ubwenegihugu...
Umwamikazi w’Ubwongereza,Elizabeth II yagaragaye ari wenyine yigunze mu muhango wo gushyingura umugabo we bari bamaranye imyaka 73,Igikomangoma Philip.Umuhango wo kumusezeraho wabereye muri...
Kapiteni w’ikipe y’Ubwongereza ufite ijambo rikomeye mu ikipe ya Tottenham yahishuye ko yiteguye kuganira n’umutoza mushya wa Spurs, Nuno Espirito Santo, ariko ashimira Jose Mourinho ubutumwa...
Myugariro wa Chelsea n’Ubwongereza,Reece James yashyize hanze amashusho yafashwe na CCTV igaragaza abajurabinjiye iwe bamwiba agasanduku yabikagamo imidari y’umupira w’amaguru...
Ubufaransa bwavuze ko buhamagaje ba ambasaderi babwo muri Amerika no muri Australia ngo bagirane ibiganiro, mu kwamagana amasezerano yo mu rwego rw’umutekano arimo...
Ku wa gatanu, tariki ya 31 Ukuboza 2021,nibwo ikipe y’igihugu ya Senegal izagera mu murwa mukuru w’u Rwanda i Kigali mu myitozo yo kwitegura AFCON 2021 izabera muri Cameroon.
mu cyumweru...
Amakuru ari gucicikana mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nuko ikipe y’igihugu ya Senegal,itakije gukorera umwiherero mu Rwanda kubera impamvu zitandukanye.
Abakinnyi bakomeye mu Bwongereza barimo Sadio Mane na mugenzi we Édouard Mendy baraye bahuriye mu mukino ukomeye cyane wahuje amakipe yabo Chelsea FC na Liverpool akanganya ibitego 2-2, bahise...
Umunyamabanga mukuru wa ONU António Guterres ntashyigikiye umugambi w’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda, umugambi na Danmark iri gutekereza gukora.
Umunyamakuru ku bibazo by’imbere mu Bwongereza no ku bucamanza
Abasaba ubuhungiro bambuka umuhora wa Channel (La Manche) wo mu Bwongereza bashobora koherezwa mu Rwanda nyuma y’ibyumweru bitatu...
Uwahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari "ubugome" kandi ko "idashoboka mu gushyirwa mu...
Rutahizamu Erling haaland yavuze ko Ubwongereza buri mu makipe aha amahirwe yo gutwara igikombe cy’isi kigiye gutangira muri Qatar.
Ariko uyu musore wa Manchester City yavuze ibindi bihugu...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabwiye inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza kuri uyu wa Gatatu ko ukuri baharanira kuzatsinda ndetse ko intsinzi bazabona ku Burusiya izahindura isi....
Abayobozi bo mu Bwongereza bari ku gitutu cyo kugabanya ibirarane by’ama dosiye mu gihe leta ikomeje umugambi wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda.
Ministeri y’ingabo y’Ubwongereza mu cyegeranyo isohora buri munsi gikubiyemo amakuru y’ubutasi ku ntambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya, ejo ku cyumweru yatangaje ko Uburusiya bumaze igihe...
Abategetsi babiri bo ku rwego rwo hejuru mu Muryango w’Abibumbye barimo gusaba Ubwongereza kuburizamo gahunda yabwo yo kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro.
Umukinnyi Nemanja Matic w’imyaka 28 amaze kwerekeza mu ikipe ya Manchester United kuri uyu wa Mbere taliki ya 31 Nyakanga, avuye muri Chelsea kuri miliyoni 40 z’amapawundi aho uyu musore yasinye...
Umuhanzi nyarwanda Papias Nduwayo uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Lil P ubarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza yashyize hanze amashusho y’indirimbo avuga ko yamuhagaze amapawundi...
Ambasaderi wa Amerika mu Bwongereza yasabye k’umugaragaro Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May, gushigikira Prezida Trump nawe akava mu masezerano yo kugabanyiriza ibihano Irani nayo...
Umutoza w’ikipe ya Manchester City yatangaje ko ikintu cyamugoye kurusha ibindi kuva yagera mu Bwongereza ari uguhangamura ikipe ya Manchester United yari yarigaruriye Ubwongereza mu myaka 20...