Umukinnyi Mugiraneza Jean Baptiste Migi ukinira ikipe ya KMC muri Tanzania yavuze ko we na bagenzi be 15 birukanwe mu ikipe ya APR FC batarenganye nkuko bivugwa ahubwo batatanze ibyo basabwaga...
Malaika na Nyiragasazi ni amazina amaze kumenyekana cyane mu ruhando rwa Ruhago aho bose ari abafana bakomeye bikipe y’igihugu Amavubi, mu gihe nanone ari abafana bakomeye b’amakipe y’amacyeba APR...
Umunyeshuri witwa Bizimana Pierre wari urangije muri Kaminuza y’ u Rwanda mu ishami rya Huye mu bijyanye na Finance yitabye Imana avuye gufata ikanzu yo kwambara mu birori byo kurangiza amasomo ya...
Nyina wa Neymar Nadine Goncalves biravugwa ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Tiago Ramos yari amaze iminsi 13 avuze ko bari mu munyenga w’urukundo n’ubwo amurusha imyaka ikabakaba...
Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeriya, Davido yavuze ko urwango n’ishyari bamufitiye mu muziki ari uko se akize kandi akaba yaravukiye murugo rw’abakire.
Nk’uko byatangajwe na George Weah wigeze gutsindira Ballon d’or ndetse kuri ubu akaba ari na Perezida wa Repubulika ya Liberia, Cristiano Ronaldo ukomoka mu gihugu cya Porutugali ngo “ntabwo ari...
Ku mugoroba wo ku munsi w’ejo tariki ya 24 Mutarama 2021 nibwo abahanzi Marina ndetse na Social Mula bari ku kiganiro THE CHOICE gica ku ISIBO TV aho bari bajyanye indirimbo yabo nshya bise «...
Umuyobozi wa Kiyovu Sports yemeje ko ubu bigoye ko mu Rwanda hari indi kipe bajyana ku isoko kuko baguze umwe muri ba rutahizamu bakomeye muri aka karere,Umunya Uganda Emmanuel...
Umuhanzi The Ben yatangaje byinshi ku buzima bwe yaba ubw’umuziki. ubushabitsi n’ibindi mu kiganiro na Gael Karomba umunyarwanda w’umushoramari uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ufite Youtube...
Umukobwa ukiri muto byavugwaga ko yaciwe amande kubera kwinjira mu kibuga kugira ngo asabe umupira wo kwambara Cristiano Ronaldo mu mukino Portugal yanganyije na Repubulika ya Irlande 0-0,yavuze...
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza niyo kipe yonyine yasangiye icyayi cya nyuma ya saa sita n’umwamikazi w’Ubwongereza, Elizabeth II.
Mu 2006, Umwamikazi yagombaga gufungura ku mugaragaro Stade...
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Kenya, Raila Odinga, uri mu Bwongereza,yatangaje ko mbere yari umufana wa Manchester United ariko nyuma aza kuyivaho yerekeza kuri Arsenal.
Kuwa 17 Werurwe,...
Umuhanzi Juno Kizigenza uri mubahanzi bagezweho muri iyi minsi yavuze ukuri k’umubano we na Ariel avuga ko ari umuntu usobanuye ikintu kigari k’ubuzima bwe anavuga ko indirimbo aherutse gusohora...
Kuri uyu wa Wagatatu tariki ya 8 Kamena 2022, nibwo hasakaye ifoto y’umuzamu w’Amavubi Kwizera Olivier waraye wigaragaje mu mukino wabahuje n’intare za Senegal arikumwe na Rutahizamu Sadio Mane wa...
Ikipe ya BAYERN MUNICH yatangaje ku mugaragaro ko yasinyishije Sadio Mane amasezerano y’imyaka 3 kuri miliyoni 35 z’ama pound avuye muri Liverpool.
Uyu musore w’imyaka 30 yinjiye nyuma yo gusezera...
Umuhanzikazi Ariel Wayz na mugenzi we Bwiza nyuma yo kwisanga mu bibazo batewe n’itsinda rya Symphony Band ubwo bahuraga bahoberanye biratinda ndetse buri umwe yerekanye ko yishimiye guhura n’undi...
Ricky Martin ni rimwe mu mazina azwi ku ruhando rw’imyidagaduro cyane muri Amerika y’Amajyepfo aho akomoka, kuko ni umuhanzi w’indirimbo w’icyamamare, akaba n’umwanditsi...
Rukundo Patrick wari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yeguye kuri uwo mwanya,nyuma yo kwitabira umukino wa APR FC na Pyramids FC yambaye umwambaro w’iyi Kipe y’Ingabo...