Ubwo umukino wahuzaga Isiraheri na Espagne kuri uyu wa mbere Taliki ya 08 Ukwakira 2017 ku kibuga Teddy Stadium iherereye mu mugi wa Jerusalem,abafana 6 bahise binjira mu kibuga aho harimo umwe...
Umuraperi wo muri Leta Zunze z’ Amerika Kanye West yagiranye ibihe bidasanzwe n’umukobwa wari umufana we ukomeye waburaga igihe gito ngo ashiremo umwuka, amuririmbira indiri ‘I love Kanye’ asubiza...
Abakinnyi b’ikipe ya Independiente de Neuquen yo mu cyiciro cya 3 muri Argentine bakubise umufana wabo nyuma yo gutsindwa na mukeba wabo Cipoletti ibitego 3-0.
Ubwo iyi kipe yakiniraga mu rugo...
Umuyobozi mushya wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yatangaje ko mu myaka 2 iri imbere we na komite ayoboye bihaye gushyira mu bikorwa imigabo n’imigambi 7 biyemeje gukora aho yavuze byinshi ku...
Umutoza mukuru w’ikipe ya APER FC w’Umunya-Maroc Adil Mohammed Erradi arikumwe na Jacques Tuyisenge kapiteni w’iyi ekipe , baraye bashyikirije ubufasha umufana ukomeye cyane wa APR FC witwa...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Essomba Willy Onana uheruka gutukana cyane n’umufana wa Rayon Sports nyuma y’umukino wa Kiyovu Sports,yasabye imbabazi.
Uyu munya Cameroon wanenzwe na benshi kubera uko...
Umufana wa Saudi Arabia yishimiye intsinzi y’igihugu cye gitsinda Argentina ibitego 2-1,akura urugi rw’inzu ye ararwikorera.
Saudi Arabia yatunguye isi yose mu gikombe cy’isi,ubwo yatsindaga...
Ivana Knoll, uzwi nk’umufana ushotora abagabo kurusha abandi bose mu gikombe cy’isi, yongeye guca ibintu ubwo yazaga kuri stade Ahmad Bin Ali yambaye utwenda duhisha amabere ndetse agaragaza...
Umunyezamu wa Sevilla yarwanye n’umufana winjiye mu kibuga mu mukino wa Europa League bakinaga aje kumusagarira
Marko Dmitrovic yari mu izamu rya Sevilla mu mukino wo kwishyura wa Europa League...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yarakariye cyane umufana w’iyi kipe winjiye mu kibuga akishimira igitego nabi byatumye avuna myugariro w’ikipe ye Andy Robertson.
Roberto Firmino yatsinze...
Umufana wa Manchester United yazengurutse imihanda igize umujyi wa Eldoret muri Kenya yambaye hafi ubusa,nyuma yo kurahira ko arabikora iyi kipe ye nitsindwa na Liverpool muri Premier League....
Umuraperi ukomeye ku Isi Jay Z usanzwe ari umufana ukomeye w’Ikipe ya Arsenal , yahishuye ko yifuza kwegukana ikipe ya Tottenham Hotspurs iri mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza ‘Premier...
Umukunzi w’umupira w’amaguru ukomoka i Kakamega muri Kenya yaciye ibintu nyuma yo gutsindwa intego,akemera guha inshuti ye umugore we ngo amurarane amajoro...
Ku mukino wo ku munsi w’ejo wahuje Musanze FC na Police FC bikarangira ku ntsinzi ya Police FC y’igitego 1-0,abafana ba Musanze FC ntibishimiye imisifurire aho umwe yaraye atawe muri yombi azira...
Ubwo abafana b’Ubufaransa bari bateraniye kuri Champs Elysees bishimira ko igihugu cyabo gitwaye igikombe cy’isi,umusore umwe yashatse gutungura umukunzi we atera ivi amusaba ko yamubera umugore...
Umwe mu bantu bazi neza Sheebah Karungi yatangaje ko uyu muhanzi afite imyaka 40 biteza amagambo ku mbuga nkoranyambaga. Mu gihe Sheebah we yamwise umurwayi wo mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 28 Gashyantare Rwarutabura uzwi mu bafana bakomeye ba Rayon Sports, bari bamukuyemo iyo kotsa yihaye kujya kubyinisha Marina.
Hari mu gitaramo cyahuje...
Mukeshimana Joy, umukobwa uri mu bakunzi b’imena ba Rayon Sports, yanenze mu buryo bukomeye abagore n’abakobwa bakomeje gushyira hanze amashusho y’ubwambure bwa bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru...