Umujyi wa Kigali wamuritse ku mugaragaro igishushanyombonera gishya, cyitezweho gufasha igihugu kugera ku iterambere mu myaka 30 iri imbere.
Ni igishushanyombonera cyari gitegerejwe cyane,...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu guta muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi Niyomugisha Issa na Ufitinema Jacques bakekwaho gusambanya ku gahato abakobwa babiri bo mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa...
Uyu munsi nibwo abarwanashya b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda [DGPR] bateranye mu rwego rwo gushyiraho zimwe mu nzego z’ubuyobozi ndetse no kuganira ku ngingo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 05 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Kigali yafashe Hakizimana Emmanuel w’imyaka 24, aracyekwaho gushikuza Himbaza...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Ukuboza yafashe Uwizeyimana Samuel w’imyaka 21,Tuyishimire Jean de Dieu w’imyaka 21,...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo mu Murenge wa Buyoga kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Mata yafashe umusore w’imyaka 27 acyekwaho gukwirakwiza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 10...
Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi...
Ikiyaga cya Karago kiri mu murenge wa Karago mu karere ka Nyabihu gikomeje gukama ariyo mpamvu hakomeje gushakishwa ibisubizo byo gutuma kidakama burundu.
Bamwe mu baturage baturiye ikiyaga cya...
Abapolisi bakorera mu Karere ka Gasabo bafashe Arnold Steve Girimpuhwe w’imyaka 23 ucyekwaho kwiba moto ebyiri azikuye mu rugo rw ’umuturage wo mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimihurura, Akagari...
Madamu Mukakibibi Didacienne wo mu Murenge wa Zaza mu Karere ka Ngoma wari umaze imyaka 8 agendana amara hanze nyuma yo kumubaga arwaye ibibyimba mu nda abaganga ntibayasubizemo...
Perezida wa njyanama y’akarere ka Rubavu aranenga komite nyobozi icyuye igihe kubwo kuba hari ibibazo bimwe na bimwe by’abaturage bitakemutse . byagiye bigaragara ko umuturage yandikira ubuyobozi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari kamwe ko mu Murenge wa Rubona mu Karere ka Rwamagana, ukurikiranweho gusaba no kwakira...
Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rubavu mu kagari ka karukogo mu mudugudu wa Bisizi humvikanye amasasu 6 y’ingabo z’u Rwanda zarashe abantu 3 bashakaga kwinjiza magendu ku butaka bw’u Rwanda...
Bamwe mu baturage bakoresha gaz baratangaza ko babangamiwe n’itumbagira rya hato na hato ry’ibiciro byazo, Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA rwo ruvuga ko ruri mu biganiro n’inzego zirebwa...
Abagabo babiri bafashwe na Polisi bacyekwaho kwiba ibyapa byo ku muhanda. Bafashwe ku wa Kane tariki ya 18 Ugushyingo, bafatiwe mu Karere ka Nyabihu, Umurenge wa Rugera, Akagari ka Gakoro,...
Perezida Kagame yabwiye abayobozi bo mu nzego z’ibanze baherutse gutorwa ko bafite inshingano iremereye yo guhagararira abandi, bityo ko bagomba kwibuka ko ibyo bakora byose byitirirwa bo ubwabo...
Abaturage bo mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru bazindukiye mu myigaragambyo yamagana ukujya kwa Polisi y’u Rwanda muri RD Congo,yaguyemo abarimo umupolisi ndetse n’umuturage umwe.
Amakuru...
Abantu batari munsi ya 200 biciwe muri leta ya Zamfara iri mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Nigeria, mu nkubiri y’ibitero bya kinyamaswa bikorwa n’imitwe y’intagondwa zitwaje intwaro, nkuko...
Abagana Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), barishimira ko abakozi barwo bahawe impuzankano zibaranga, ku buryo nta wabitiranya n’ubonetse uwo ari we wese, nk’uko hari abajyaga biyitirira urwo...