Umwongereza witwa Andrew Wardle,wavutse nta gitsina agira,yabashije gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere ku myaka 45 n’umukunzi we Fedra, nyuma yo gukorerwa ikindi hifashishijwe inyama zo ku...
Umwongerezakazi w’imyaka 50 witwa Tracey Britten ukomoka mu mujyi wa London,yakoze agashya ko kuba umugore ukuze kurusha abandi mu Bwongereza utwite inda y’abana...
Umwongereza James Milner uri kwitwara neza muri Liverpool nubwo ashaje,yatangaje ko se umubyara wakuze afana Leeds United yamusabye kutazigera yambara imyenda y’umutuku byatumye akura yanga...
Rutahizamu w’Umwongereza Harry Kane ukinira ikipe ya Tottenham yabwiye umunyamakuru wamubajije niba yifuza kuzakinira Real Madrid ko igihe cyo kuyerekezamo...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Umwongerezakazi witwa Rebecca Griffiths ukomoka mu gace ka Maidenhead mu burengerazuba bw’Ubwongereza yababaje benshi mu bamenye uburwayi bukomeye afite,kukoyatangaje ko amaze imyaka 5 aruka...
Umwongereza yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yakwirakwijwe hirya no hino ari kwiba indabo zo kumva imwe ndetse yabanje kureba hakurya no hakuno kugira ngo arebe ko nta muntu...
Rutahizamu w’Umwongereza Wayne Rooney,yatangaje ko hari abakinnyi bahoze bakinira Ubwongereza bafitiye ishyari abana bari gukina mu ikipe y’igihugu muri iyi minsi kubera ko bari kubarusha kwitwara...
Umwongerezakazi wo kuri TV witwa Aisleyne Horgan-Wallace wamenyekanye ubwo yitabiraga amarushanwa ya Big Brother mu mwaka wa 2006,yifotoje yambaye ubusa aryamye mu ibasi yuzuyemo amata ku munsi...
Umwongereza witwa Chris Hughes wamenyekanye mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu Bwongereza,yaciye ibintu ubwo yakuragamo ipantaro akerekana udusabo twe dukora intanga kugira...
Umwongereza witwa Jack Johnson w’imyaka 22 ukomoka mu gace kitwa Kimberley mu ntara ya Nottinghamshire yatangaje ko yiteguye gukomeza umwanzuro we wo gukomeza gushora akayabo kugira ngo ase neza...
Umwongerezakazi witwa Lisa Appleton w’imyaka 50 ukunzwe cyane mu biganiro bica ku matelevizyo yo mu Bwongereza, yatumye benshi bacika ururondogoro kubera imyambarire ishotora abagabo yambaye...
Umusore w’umwongereza witwa Andrew McNair yakubise umukunzi we Lois Ashton imigeri n’amakofi mu maso kugeza amukuye amenyo 3 amuhoye ko yahinduye ifoto yo kuri profile ye bari kumwe agashyiraho...