Umuherwekazi ukomoka muri Uganda utuye muri Africa y’Epfo wamenyekanye nka Zari Hassan akaba ni umwe mu bagore babyaranye na Diamond yongeye gusimangira ko urukundo rwe na Shakib rugihamye nyuma...
Biravugwa ko Umunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava muri firime y’uruhererekane ya Papa Sava atakiri mu munyenga w’urukundo na Nshuti Alphonse uzwi ku izina rya...
Urukundo ruravuza ubuhuha hagati y’umuhanzi ukomeye wo muri Uganda “Ykee Benda” hamwe Kayesu Shalon wamenyekanye ku izina rya Shazz mu ifungwa ry’abahanzi babiri, Davis D na Kevin Kade, ndetse ‘akaza...
Jay Polly,nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umugore we babyaranye umwana w’umukobwa, Uwimbabazi Sharifa,byeruye yatangiye kujya mu buryohe bw’urukundo n’inkumi y’uburanga icuruza muri...
Miss Vanessa abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanyomoje amakuru amaze igihe avugwa ko urukundo rwe na fiancé we rwazimye maze ashyira hanze ifoto ya fiancé we ayiherekesha amagambo agira ati:...
Ikipe ya Chelsea FC,niyo yahize izindi mu kwita ku batishoboye no gutera inkunga ibikorwa by’urukundo bitandukanye hirya no hino ku isi,cyane ko yashoye akayabo ka miliyoni 7.5 z’amapawundi mu...
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless atangaza ko na mbere y’uko akundana na Ishimwe Karake Clement bari basanzwe baziranye mu mashuri yisumbuye ariko ko yamutinyaga mu buryo...
Muri ibi bihe Abanyarwanda hibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, umuhanzi The Ben witegura kugaruka i Kigali The Ben yasabye abahanzi bagenzi be kuba intangarugero,...
Ingabire Butera Jean d’Arc wiyeguriye muzika nka Knowless atangaza ko na mbere y’uko akundana na Ishimwe Karake Clement bari basanzwe baziranye mu mashuri yisumbuye ariko ko yamutinyaga mu buryo...
Umuhanzi Medddy umaze kwamamara bikomeye mu gihugu cy’uRwanda ndetse no hanze yacyo aherutse gukora ubukwe kuri ubu yasangije abakunzi be inkuru ye y’urukundo n’umufasha we...
Umuhanzi uri mu bagezweho kandi bakunzwe muri Tanzania Juma Jux akomeje kugaragaza aryohewe n’urukundo na Huddah ukomoka mu Gihugu cya Kenya ubica bigacika...
Miss Uwamahoro Phoebe witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, ari mu munyenga w’urukundo n’umusore wigaruriye umutima we witwa Rammy Galis wamamaye cyane muri Tanzania nk’umukinnyi wa...
Umuhanzi w’indirimbo za Gakondo Cyusa Ibarahim yasobanuye amashusho aherutse gushyira ku mbunga nkoranyambaga ze atera imitoma umukobwa witwa Jeanine akaba Nyirasenge wa Miss Rwanda 2020, Nishimwe...
Nyuma y’uko Zari ashyize ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Dark Stallion wari warasimbuye Diamond babyaranye abana ba biri. Imfura ya Diamond na Zari yahishuye ko aba byeyi be bari mu...