skol
Kigali

Search: Uturemangingo (139)

Umuryango wo muri Brazil watangaje benshi kubera ikimenyetso cyo mu gahanga abawugize bavukanye [AMAFOTO]

Umwana w’imyaka 7 witwa Samuel Silva ukomoka ahitwa Bahia muri Brazil, we n’umuryango we bavukanye igisa nk’ikibibi mu gahanga kigera no mu musatsi bituma baba abantu bihariye ku...
16 November 2020 13113 0

Abantu 36 banduye Covid-19 mu Rwanda mu gihe abandi 9 bayikize

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 16 Ugushyingo 2020,umubare w’abanduye Covid-19 mu Rwanda wiyongereyeho abantu 36 biganjemo abo muri Gereza ya Nyarugenge mu mujyi wa...
16 November 2020 1422 0

Reba intungamubiri zizwiho kurinda umusatsi gupfuka no gutuma ubyibuha ukanakomera

Nubwo usanga abagore aribo bakunze gutereka imisatsi ariko n’abagabo babamo bakunda kuyitereka. Umuntu wamenyereye gutunga umusatsi biramubabaza kubona ugenda upfuka, nyamara benshi barituriza...
16 October 2020 3653 0

Niba ushaka kongera amaraso aya mafunguro ntazagucike

Kugira amaraso macye ni ikibazo gikunze kuba ku barwayi barembye, abakoze impanuka, abagore batwite cyangwa se abafite ikibazo cy’imirire mibi. Akenshi bikaba biterwa nuko insoro zitukura ziba...
8 October 2020 2859 0

Bimwe mu byo kurya biba byiza kubirya ari bibisi[AMAFOTO]

Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa...
30 September 2020 2632 0

Menya itandukaniro hagati y’inyama zitukura n’inyama z’umweru

Inyama ni ibyo kurya dukuramo poroteyine zihagije, vitamine hamwe n’imyunyungugu. Nyamara kandi inyama zikabamo ibice 2 by’ingenzi; inyama zitukura n’inyama...
29 September 2020 1840 0

Impamvu 7 kurya ibihumyo kenshi ari ingenzi ku buzima

Ibihumyo ni ibyo kurya by’ingenzi kandi byuzuyemo intungamubiri nyinshi, kubirya kenshi bishobora gufasha ubuzima bwawe guhora bumeze neza.
24 September 2020 1864 0

Ibijumba bya mauve bifite akamaro kihariye ugereranyije n’ibindi bijumba

Ibijumba bya mauve bifite inkomoko mu gihugu cya Peru ariko ubu byarasakaye ku isi yose no mu gihugu cyacu birahahingwa. Ni ibijumba bifite ibara rya mauve imbere naho igishishwa cyabyo kikaba...
24 September 2020 750 0

Sobanukirwa byinshi ku binure n’akamaro kabyo[AMAFOTO]

Ibinure ni kimwe mu ntungamubiri z’ingenzi, kimwe na proteyine n’ibinyasukari (carbohydrates). Iyo bivuzwe benshi bumva ibintu bitandukanye; ni byiza birakenewe mu mubiri, ni bibi bitera...
20 September 2020 1511 0

Reba ibyo kurya 10 by’ingenzi ku mugore utwite[AMAFOTO]

Nubwo mu busanzwe akenshi dupfa kurya uko tubonye, ariko burya umugore utwite hari ibyo aba agomba kwitaho no kuzirikana. Ni mu gihe kuko aba agomba kubungabunga ubuzima bw’abantu babiri...
8 September 2020 13896 0

Reba bimwe mu byo kurya birimo ibitunguru,Poivron,imbuto z’ibihaza biba byiza kubirya ari bibisi

Mu mafunguro dufata umunsi ku wundi, abamo ibyo turya ari bibisi ndetse n’ibyo turya bitetse. Nyamara hari ibyo dushobora kudateka byakagombye gutekwa nkuko hari n’ibyo duteka byakagombye kudatekwa...
13 August 2020 2004 0

Reba akamaro gakomeye utari uzi ku buzima bwawe no ku ruhu ko kurya imboga za Dodo ’Imbwija’ n’utubuto...

Nubwo dukoresheje ijambo imbwija, ariko tugiye kuvuga ku mboga zose ziri mu itsinda ry’ibimera byitwa Amaranth species mu cyongereza, zikaba imboga zirimo amoko agera muri 80. Muri yo harimo izo...
4 August 2020 5657 0

Abantu 30 banduye Coronavirus mu Rwanda 25 barayikira

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 03 Kanama 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 30 banduye Coronavirus mu Rwanda bituma umubare w’abamaze kwandura iyi virusi baba...
3 August 2020 1467 0

Reba akamaro gakomeye utari uzi amazi arimo indimu afitiye umubiri w’umuntu n’ubuzima

Indimu ni urubuto rw’ingenzi ku buzima. Kenshi ujya ubona abantu banywa amazi arimo indimo bavuga ko ifasha kunanuka, tugiye kurebera hamwe iyindi mimaro aya mazi arimo indimu agira ku...
30 July 2020 8892 0

Covid-19:Handuye abantu 21 mu Rwanda hakira abandi 22

Kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Nyakanga 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abanduye Coronavirus mu Rwanda ari 21 barimo 7 babonetse I Kigali aho bapimiye abari mu kato.Mu karere ka Rusizi...
23 July 2020 1426 0

Reba ibyo umuhanga w’umunyarwanda muri Science avuga kuri MUKOROGO birimo no gupfa

Mu Rwanda no mu bihugu bitandukanye by’abirabura hakomeje kuvugwa amavuta afite umwihariko wo gutukuza uyisize uwari igikara agahinduka inzobe ngo hagamije gushaka ubwiza,gusa ngo aya mavuta...
18 July 2020 3768 0

Ababyeyi barize amarira y’ibyishimo nyuma yo kongera guhura n’umwana wabo bari bamaze imyaka 32 barabuze

Umugore n’umugabo bo mu Bushinwa bashi mutiwe umwana kuri hoteli mu mwaka wa 1988 bongeye kumubona hashize imyaka 32 ibyo bibaye.
20 May 2020 3020 0

Burasa wari umuyobozi w’ikinyamakuru Rushyashya News yahitanwe n’uburwayi

Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda ryatangaje ko umunyamakuru akaba n’Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru Rushyashya News, Burasa Jean Gualbert, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05...
5 May 2020 4707 0

Igeragezwa ry’urukingo rwa Coronavirus ryakorewe ku nguge riratanga icyizere

Kaminuza ya Oxford na Jenner Institute bakoze urukingo rwa coronavirus ruri gutanga icyizere nyuma yo kugeragerezwa ku nguge esheshatu zigashyirwa ahantu zashoboraga kwandura coronavirus mu gihe...
30 April 2020 2501 0

Icyo wamenya ku ndwara mbi cyane ya Stroke bivugwa ko ariyo yahitanye DJ Miller

Kuri iki Cyumweru, nibwo hamenyekanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’uwari umuhanga mu kuvanga imiziki,Karuranga Virgile wari uzwi nka DJ Miller waguye mu bitaro byiririwe umwami Faisal azize indwara...
6 April 2020 6806 0

Perezida Kagame yafunguye ikigo cy’ubuvuzi bwa Kanseri bwisumbuyeho

Ikigo cy’ubuvuzi bwa cancer bwisumbuyeho mu Rwanda cyatangijwe uyu munsi mu bitaro bya gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe mu mujyi wa Kigali.
4 February 2020 2028 0

Uwabaye umwami w’Ububiligi yashyize yemera umwana yabyaye ku ruhande

Uwahoze ari umwami w’Ububiligi Albert II yemeye ko ari we se w’umwana - kuri ubu ni umugore - yabyaye ku ruhande ku mugore utari uw’isezerano.
28 January 2020 2897 0

Ihene yavutse ifite mu maso nk’ah’umuntu yatangiye gusengwa cyane [AMAFOTO]

Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru y’ihene idasanzwe yavutse ifite umutwe n’amaso nk’ay’umuntu ihita itangira gusengwa nk’imana ikomeye.
26 January 2020 7582 0

Umukozi w’Inteko Ishinga Amategeko wari ukurikiranyweho gufata ku ngufu Umurundikazi yakatiwe imyaka...

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Mbere rwakatiye Mushingwamana Evode wari umukozi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka icumi n’amande y’amafaranga...
23 December 2019 3479 0

Reba ibintu 5 buri muntu wese wumva ko afite igitsina cy’umugore akwiye kumenya

Hari byinshi bitari ukuri bivugwa ku mbuga nkoranyambaga ku gitsina cy’umugore/umukobwa, hari umugore wihaye intego yo kubikosora.
9 November 2019 13651 0

Abashakashatsi bagaragaje agace ko muri Afurika bavuga ko ari ko inkomoko y’abantu bose bariho ku isi muri iki...

Ako karere ubu karumagaye, ariko kahoze karimo ikiyaga kinini cyitwa Makgadikgadi, aho hakaba hashobora kuba ari ho abasekuruza bacu bari batuye mu myaka 200,000 ishize.Ako karere ubu kari mu...
30 October 2019 3945 0

Inkuru ya Alex wiyahuye nyuma y’uko asiramuwe yateye benshi agahinda[AMAFOTO]

“Byagaragaye vuba cyane ko ibyari bimnaze kuba byari ishyano…napfuye muri 2015, si aka kanya.”Lesley Roberts yarumiwe cyane ubwo yasomaga ubutumwa buteye agahinda bwa nyuma umuhungu we Alex Hardy...
30 May 2019 11029 0

Virusi itera Sida birangiye ibonewe umuti wa burundu

Ubuvumbuzi bwari butegerejwe n’amamiliyoni y’abantu babana n’ubwandu bwa virus itera SIDA bwagiye hanze ndetse bwemeza ko bushobora kwica burundu utunyangingo twose twanduye virus ya...
28 December 2018 58771 0

Ibi nibyo umuhanga w’umunyarwanda muri Science avuga kuri MUKOROGO birimo no gupfa

Mu Rwanda no mu bihugu bitandukanye by’abirabura hakomeje kuvugwa amavuta afite umwihariko wo gutukuza uyisize uwari igikara agahinduka inzobe ngo hagamije gushaka ubwiza,gusa ngo aya mavuta...
27 November 2018 7223 0

Amerika: Ya nkongi ikomeye imaze guhitana 31, abarenga 200 baburiwe irengero

Imibare itangwa Leta iravuga ko imirambo 31 ariko imaze kumenyekana ko yahitanywe n’ inkongi ikaze y’ umuriro yibasiye Leta zunze ubumwe za Amerika kuva mu cyumweru gishize. Ni mu gihe abarenga 200...
12 November 2018 956 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120