Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo kuri iki Cyumweru tariki 18 Gashyantare 2018 imodoka zari zimucukingiye umutekano zakoze impanuka bamwe barakomereka ariko we ntacyo yabaye.
Iyi...
Umuhinzi wo mu gace ka Masansa mu Karere ka Mkushi muri Zambia, yafashe umugore we ari gusambanira n’umukozi wabo wita ku nkoko mu kiraro bazororeramo.
Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu mujyi wa Lusaka muri Zambia, yatunguye umugore we nyuma yo kumenya ko yateye inda abandi bagore batatu batandukanye nyuma y’uko...
Polisi yo mu karere ka Chama mu burasirazuba,mu gihugu cya Zambia, yataye muri yombi umusore w’imyaka 20 wo mu mudugudu wa Katangalika,mu karere ka Chama,wafatiwe mu cyuho ari gusambanya ihene...
Polisi yo mu gace kitwa Chipangali muri Zambia yataye muri yombi umusaza w’imyaka 75 wo mu mudugudu wa Mpalakunjala mu karere ka Chipangali azira gutamika igitsina umukobwa w’imyaka...
Hirya no hino ku isi by’umwihariko muri Afurika hakomeje kwanduka abiyita abahanuzi bakora ibitangaza ariko umwe muri aba wo mu gihugu cya Zambia mu gace kitwa Chalala mu tugize umujyi wa Lusaka...
Umukecuru w’imyaka 62 ukomoka mu mujyi wa Lusaka muri Zambia yaciye ibintu kubera umwanzuro wo gusubira ku ishuri ku myaka ye aho ngo yifuza kuba umudepite cyangwa se byamukundira akaba yaba...
Umugabo w’imyaka 38 n’umugore we wa 34 batuye mu gace kitwa Mongu muri Zambia bishwe n’imvubu mu gitondo cyo kuri iki cyumweru ubwo bageragezaga kwambuka umugezi wa Zambezi, bituma abana babo 6...
Umukobwa wiyise “Judith” w’ahitwa Matero mu mujyi wa Lusaka mu gihugu cya Zambia yatangarije ibinyamakuru ko amaze imyaka 5 ahisemo kureka uburaya yakoraga nyuma y’aho akubitaniye na se mu kabyiniro...
Umukozi wo mu rugo wo mu gace kitwa Ndola muri Zambia yaciye ibintu hose kubera gushimuta abana 3 ba shebuja wari umwambuye umushahara we mu gihe kingana n’amezi 5...
Umugore witwa Minute Chola,ukomoka mu gace kitwa Talayi mu karere ka Milenge muri Zambia yagiye mu nkiko gusaba gatanya kubera ko umugabo we amuzengereza amusaba ko batera akabariro inshuro...
Umugabo witwa John Mumba wo mu gace kitwa Makeni Simonson muri Zambia,yagiye mu rukiko gusaba gatanya kubera ko ngo aterwa ipfunwe no gusaba umugore we ko bakora imibonano mpuzabitsina kandi ari...
Umugabo w’imyaka 34 ukomoka mu gihugu cya Zambia witwa Moses Kampyongo yajyanye umugore we mu nkiko asaba gatanya nyuma yo kumufatana umwenda w’imbere w’undi mugabo akamushinja ko ari umusambanyi...
Umugore witwa Diana Manda wo mu gace kitwa Chambishi mu gihugu cya Zambia arembeye mu bitaro nyuma y’aho umugabo bakundanaga, Oswald Sikanyika amumenye amavuta ashushye cyane mu maso amuziza ko...
Myugariro Usengimana Faustin wazamukiye mu ikipe ya Rayon Sports ariko kuri ubu akaba akinira ikipe ya Buildcon yo mu gihugu cya Zambia,yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we bari bamaze imyaka...