Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly , uri gutegura irushanwa rya Miss East Africa rizahuriramo ibihugu 16 yavuze by’inshi ku mbogamizi zinyuranye ari guhura na zo muri uru rugendo yatangiye...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yegeze i Dodoma aho yagiye mu muhango wo gusezera k’uwari Perezida wa Tanzania,John Pombe Magufuli watabarutse mu cyumweru gishize azize uburwayi...
Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 27 Mata 2020,nibwo hasohotse itangazo rya minisitiri w’intebe w’u Rwanda rimenyesha ko Perezida Paul Kagame yavanye Jenerali Patrick Nyamvumba ku mwanya wa...
Mu gihe hari abavuga ko gukora uburaya ari ingeso, abandi bakabukora bashimangira ko babutewe n’ubukene, ubupfubyi n’ibindi, ibihugu bimwe na bimwe birabuhanira.
Mu myizerere ya kirisitu abantu bakunze kuvuga ko Yesu Kirisitu yabiyeretse bamwe bakavuga ko bamubonye mu gicu abandi mu mukororombya gusa umugore wo mu gihugu cya Nigeria we afite ibuye ry’...
Ifoto y’umupolisikazi yambaye akajipo kagufi ubwo yari mu kazi ikomeje kuvugwaho byinshi birimo no kuba yahanwa!
Ifoto y’umupolisikazi wambaye mini yavugishije abantu amangambure
Umupolisikazi...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Umukinnyi Kwizera Olivier wahoze akinira ikipe ya APR FC na Bugesera mu mwaka ushize w’imikino, yasinye amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe yo muri Africa y’Epfo mu cyiciro cya mbere.
Uyu mukinnyi...
Umusore Niyonzima Ally uri mu biganiro n’ikipe ya Zanaco FC yo muri Zambia ndetse n’amakipe menshi mu Rwanda arimo na Rayon Sports yatangaje icyamufashije gutera imbere byatumye amakipe menshi...
Uyu mwaka wa 2016 ugiye gusiga hari zimwe mu ngamba umuntu yakwita ko zikakaye zishyizweho mu bihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane w’Afurika. Nubwo izo ngamba zitagiye zishyirirwaho rimwe, buri...
Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa. Umukino wabereye I Lusaka muri Zambia.
N’ubwo bari bagiye bifuza igitego cyo...
Ikipe ya APR FC ubu irabarizwa i Rubavu aho yagiye mu mwiherero wo gutegura umukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup bafite na Zanaco FC yo muri Zambia kuri uyu wa gatandatu tariki ya 18...
Ubuyobozi bw’Umuryango wa SADC bwatangaje ko ingabo zawo ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba muri Mozambique mu Ntara ya Cabo Delgado, zizava muri iki Gihugu bitarenze Nyakanga mu 2024, kubera...
Umugabo wo mu gace ka Chilenje mu mujyi wa Lusaka muri Zabia, yabwiye urukiko rw’ibanze rwa Boma ko ashaka gutandukana n’umugore we kubera ko yagiye gushyingura umuvandimwe we akagaruka yogoshwe ku...