Itsinda ry’abayobozi ba Afurika biteganijwe ko riza kugera muri Pologne kuri uyu wa Kane mu butumwa bwabo bwo gushaka uko bahuza ibihugu mu by’u Burusiya na Ukraine bimaze umwaka urenga mu...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ y’Abagore yatomboye kuzahura na Crested Cranes ya Uganda mu ijonjora rya mbere ry’imikino yo gushaka itike y’Imikino Olempike izabera i Paris mu...
Abayobozi b’ibihugu bitandatu bya Afurika bari guteganya kujya mu Burusiya na Ukraine mu minsi ya vuba, kugira ngo bafashe mu biganiro bigamije guhagarika intambara ibyo bihugu bibiri bimazemo...
Mu Burundi kuri uyu wa 15 Gicurasi 2023 niho hagombaga gutangira gushyirwa mu bikorwa icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’ibihugu bine bihuriye ku kiyaga cya...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yamaze kugera mu gace ka Victoria Falls muri Zimbabwe, aho yitabiriye inama ya Transform Africa ya 2023
Iyi nama igiye kuba ku nshuro yayo ya gatandatu...
Amakuru aturuka i Burundi, avuga ko Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe, wari umaze iminsi ashakishwa, yaba yafashwe.
Muri iki cyumweru nibwo inkuru zo gushakisha...
Iyahoze ari Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG,mu bushakashatsi bwayo yagaragaje bamwe mu bagore bagize uruhare mu gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
Taliki 06/04/1994 hari kuwa gatatu isoko ry’i Ntyazo ndetse n’i Nyamiyaga ku Mayaga yari yaremye ku manywa bisanzwe.
Iry’i Kibilizi n’i Nyanza ryari kurema bukeye bwaho kuwa Kane.
Abanyeshuli mu...
Raporo y’uyu mwaka yasohotse uyu munsi irakomatanya izo mu myaka itatu ishize ku byishimo mu bihugu ku isi. Ku nshuro ya gatandatu yikurikiranya Finland ni cyo gihugu cyishimye kurusha ibindi ku...
Abantu hafi 200,000 bamaze gutambuka imbere y’isanduku irimo umurambo wa Papa Benedict XVI mu minsi itatu ishize bamusezeraho, nk’uko Vatican ibivuga.
Umurambo we urashyingurwa none kuwa kane....
Umugore utwite yafashwe n’umugabo we yambaye ubusa ari mu buriri hamwe n’umugabo bivugwa ko ari Pasiteri we.
Uyu mugore utwite inda bivugwa ko ari iy’amezi atanu, uzwi nka Marita ukomoka muri...