Ikipe y’igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rya F hamwe na Cameroun, u Rwanda Cap Vert na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2021 kizabera muri...
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, ivuga ko abakuru b’ibihugu barindwi bamaze kwemeza ko bazitabira Umunsi wo Kwibohora u Rwanda rugiye kwizihiza ku nshuro ya 25, mu birori bikomeye bizabera muri...
Rutahizamu Amr Warda wari mu bakinnyi 23 bahamagawe mu gikombe cy’Afurika n’ikipe ya Misiri,yamaze kwirukanwa mu irushanwa n’ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu nyuma yo...
Ikipe ya Uganda yeretse abakunzi ba ruhago koi maze gukura cyane mu mikinire kuko yegereye ikigugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya kongo igitsinda ibitego 2-0 mu gihe Uburundi bwagerageje...
Ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kamena 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village URUGWIRO, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul...
Guverinoma ya Uganda iri kuganira n’abashoramari bo mu bihugu by’u Burayi kugira ngo ihitemo uwazubaka uruganda rutunganya urumogi rugakorwamo imiti nk’uko bitangazwa na Umunyamabanga wa Leta muri...
Umunyamabanga wa Leta ya Uganda muri Minisiteri y’ Ubuhinzi yaburiye abaturage b’ iki gihugu ko hari inzara ishobora gutera mu bice bitandukanye by’ iki gihugu asaba abacuruzi kugabanya ibyo...
Mu gihe abantu benshi bakizera ko urukundo ari impumyi kuko bagenda babona benshi bajya mu rukundo nyamara bigaragara ko batakabaye baruhuriramo bitewe n’ibintu byinshi baba badahuje,ibi byongeye...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania ibaye igihugu cya kane gituranye n’u Rwanda gikatishije itike y’igikombe cya Afurika kizabera mu Misiri mu mpeshyi y’uyu mwaka, nyuma yo kunyagira Imisambi ya Uganda...
Ntibisanzwe ko humvikana umuntu kuri iyi Si ya Rurema waba ufite ububasha bwo kuzura abapfuye dore ko ubu bubasha tubuzi ndetse twabuherukaga mu bihe bya Yezu ubwo yari akiri kuri iyi Si azura ba...
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya...
Jair Bolsonaro , ubu niwe Perezida mushya w’ igihugu cya Brazil nyuma yo gutsinda amatora ya Perezida na 55.54% mu gihe uwo bari bahanganye bagize 44.46%.
Kuri iy’isi hagenda havugwa isenyuka ry’ingo nyinshi hirya no hino ku isi ariko bikaba agahomamunwa iyo bigeze mu ngo z’abakuru b’ibihugu aho nta muntu n’umwe wiyumvisha uburyo umugore wa Perezida...
Mu gihe hari abavuga ko gukora uburaya ari ingeso, abandi bakabukora bashimangira ko babutewe n’ubukene, ubupfubyi n’ibindi, ibihugu bimwe na bimwe birabuhanira.
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Economist cyo mu Bwongereza bwagaragaje ko Vienna, umurwa mukuru w’igihugu cya Autriche, ari wo mujyi wa mbere ku isi woroshye cyane...
Kofi Annan wayoboye Umuryango w’Abibumbye (UN), Al Gore wigeze kuba Visi Perezida wa Amerika na Tony Blair wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Abaherwe Bill Gates na Aliko Dongote n’ abandi...
Birakekwa ko inzego z’ umutekano mu Rwanda zataye muri yombi umuherwe rwiyemezamirimo Dennis Karera uyobora umuturirwa Kigali heights uri hafi ya Kigali Convention...
Kuri uyu wa 25 Nyakanga I Kigali mu Rwanda haratangira inama 7 ihuza abanyeshuri bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika bakaganira ku bibazo uyu mugabane ufite bagamije kubishakira...