Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Kuva mu mwaka wa 2017 kugeza muri 2018 byaragoranaga ko igitaramo kirimo umuhanzi w’igitsina gabo wa hano mu Rwanda kirangira nta mukobwa uguye igihumure cyangwa akarira yifuza guhura, kuvugana...
Umuhanzi w’umunya-Nigeria JoeBoy yageze i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 1 Ugushyingo 2022,atangaza ko azi abahanzi babiri mu Rwanda aribo Ish Kevin na Bruce Melodie.
Uyu muhanzi...
Abahanzi Nyarwanda barimo King James, Yvan Buravan na Chris Hat batoranyijwe mu bahanzi bazaririmbana na Koffi Olomide mu gitaramo giteganyijwe kuzabera I Kigali ku ya 4 Ukuboza (ukwa 12) muri...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Nyakanga 2020,Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abanduye Coronavirus mu Rwanda ari 19 barimo 12 babonetse mu mujyi wa Kigali mu bice byibasiwe cyane n’abari mu...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko impamvu iri gutuma benshi mu bahanzi bo muri Tanzania bashaka ku bwinshi abakobwa bo muri Kenya ari ubuhanga bafite mu gushimisha abagabo mu gutera...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu...
Abahanzi bagomba kujya mu irushanwa Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro 8 bagomba kuba batarengeje imyaka 35 y’ amavuko , uwaryitabiriye inshuro eshatu zikurikiranya ntiyemerewe...
Ku itariki ya 5 Werurwe nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo y’urupfu w’umubyeyi wa Social Mula azize uburwayi akaza gushyingurwa ku itariki ya 7 z’uku kwezi i Gicumbi.
Abahanzi batandukanye...
Ali Kiba yavuze ko umuziki wa Tanzania wahindutse aho asaba abakanyujijeho kugaruka bagakosora barumuna babo bagahindura uburyo bahanga mo kuko umuziki wahindutse.
Nk’umuhanzi umaze igihe mu...
Umuririmbyi Meddy wari umaze imyaka irindwi adakandigira mu Rwanda, yahamije ko iyo aba ari mu gihugu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigatangira ahari atari gukandigizamo ikirenge, ngo...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Mu gihugu cy’u Burundi abahanzi batandukanye barimo Big Fizzo Lolilo n’abandi bakomeje umurego mu ntambara y’amagambo aho aba bombi babinujije mu ndirimbo bakomeje kugaragaza kutumvikana ku byo...
Umuhanzikazi Butera Knowless washakanye na Ishimwe Clement, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira igihembo cy’umuhanzi mwiza w’umugore wigaragaje ku mugabane wa Afurika mu bihembo bitangwa na Nigerian...
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania uzwi ku izina rya Vanessa Mdee yavuzeko abahanzi Nyarwanda azi cyane ari The Ben ndetse n’umuhanzikazi Butera Knowless.
Ibi akaba Vanessa Mdee abitangaje...