Meenakshi Valand ni umwe mu bantu bacye ku isi washoboye kubyara umwana nyuma yo guterwamo nyababyeyi. Kandi nta kindi cyari kumushimisha cyane kurenza...
Ikipe ya Manchester United yaraye itsinze Cardiff FC ibitego 5-1 mu mikino ya Premier League bituma abafana bayo batahana icyizere kuko yaherukaga gutsinda ibitego 5 igifite umutoza wayo w’ibihe...
Mu minsi ishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye ifoto y’umuhanzi Yvan Buravan ndetse n’umukinnyi wa Mukura VS, Iradukunda Jean Bertrand, ni ifoto ya kera ubona ko bari bakiri abana,...
Dr Peter Murugu ukomoka muri Kenya ni umuvuzi ukoresha ibimera, akavura zimwe mu ndwara zikomeye zigakira burundu. Kuri ubu yafunguye amarembo mu Rwanda ndetse yizera ko abantu nibamugana...
Umuryango waganiriye na Sembagare Crysostome, umukinnyi wo hagati wari ukomeye cyane muri Rayon mu myaka ya za 80 na 90. Ubu nabwo aracyaza kureba umupira aho Rayon yakinnye. Avuga ko ariyo kipe...
Ikipe ya Manchester City yanyagiye Watford ibitego 6-0 ku mukino wa nyuma wa FA Cup ica agahigo ko kuba ikipe ya mbere itwaye ibikombe byose bukinirwa mu Bwongereza mu mwaka w’imikino...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gutombora AS Kigali muri ½ cy’irangiza cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsindira Gicumbi FC ibitego 2-0 ku kibuga cyayo byiyongera kuri 7-1 yayitsinze mu mukino...
Ikipe ya Benin yatunguye benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru muri Africa ubwo yasezereraga Maroc kuri Penaliti 4-1 mu gihe Senegal yahagaritse Uganda yari ifite inzozi zo kugera kure hashoboka mu...
Amakipe y’ibigugu Senegal na Nigeria niyo yabimbiriye aya ndi kugera muri ½ cy’irangiza mu mikino y’igikombe cya Afurika nyuma yo gusezerera Benin na Afurika y’Epfo zari zakoze ibitangaza zigasezerera...
Umunyamerika Shaffer Chimere Smith wamamaye mu muziki nka Ne-Yo yagaragarijwe urukundo mu gitaramo gikomeye yaririmbyemo mu Mujyi wa Kigali cyanitabiriwe na Perezida Kagame kiba cyari igitaramo...
Ikipe ya Liverpool ikomeje guhangayikisha abakeba kuko ikomeje kuba mpatse amakipe muri Premier League nyuma yo gutsinda Chelsea ibitego 2-1 iyisanze ku kibuga cyayo mu gihe Manchester United...
Rutahizamu kabuhariwe wa FC Barcelona Lionel Messi Lionel Messi yaraye akoze agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere mu mateka ya ruhago utsinze mu marushanwa ya Champions League 15 yikurikanya mu...
Nyuma y’uko Afurika y’Epfo ikoze amateka yo gutwara igikombe cy’isi cya rugby ku ncuro ya gatatu nyuma yo gutsinda Abongereza ku mukino wa nyuma, Abanya-Uganda na bo bashyize ingufu muri shampiyona...
Ku nshuro ya mbere mu mateka y’umutoza Pep Guardiola yagowe cyane no kugumana umupira nkuko byari bisanzwe kuko ku mukino yaraye atsinzemo Chelsea FC ibitego 2-1 yarangije afite 46.74 ku ijana mu...
Amakuru yiriwe acicikana ku ku mbuga nkoranyambaga zo muri Afurika y’epfo mu mujyi wa Cape Town,aravuga ko Komite nyobozi y’ishyaka RRM rya Nsabimana Callixte Sankara yateranye k,umunsi w’ejo...
Umusore w’imyaka 18 witwa Van Beek yaciye ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuba umuntu wa mbere utsindiye kuba umupilote akiri muto mu mateka ya...
Umusore w’imyaka 18 witwa Van Beek yaciye ibintu mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuba umuntu wa mbere utsindiye kuba umupilote akiri muto mu mateka ya...
Umutoza Arsene Wenger wamaze imyaka 22 atoza ikipe ya Arsenal yavuze ko ubwo iyi kipe yimukiraga ku kibuga gishya cya Emirates mu mwaka wa 2006 abakinnyi be bataye ubuzima ku kibuga cya Highbury...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 17 Gashyantare 2020, nibwo I Rwanda hatashye inkuru y’akababaro y’urupfu rw’umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu...
Guhera kuwa Kane nta wundi mukinnyi uratwara agace muri Tour du Rwanda uretse umunya Colombia, Restrepo Jhonatan Valencia wegukanye n’ak’uyu munsi ko gusiganwa umuntu ku giti cye ku birometero...