Mu biganiro by’amateka byahuje perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un wa Koreya bari bamaze amezi arenga 18 bashyamirana ndetse babwirana amagambo akomeye,byarangiye bemeye gushyikirana...
Bigoranye,ikipe ya Rayon Sports ibashije kwandika amateka yo kwerekeza mu mikino y’amatsinda ya CAF Confederations Cup, nyuma yo gusezerera Costa do Sol iyitsinze ibitego 3-2 mu mukino ubanza...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame yatangaje ko we na bagenzi be bagiye muri Afurika y’Epfo gukora amateka bakagera mu matsinda ya CAF Champions League y’uyu mwaka. Bakame...
Donald Trump yakoze amateka yo kuba uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika watawe muri yombi na polisi ndetse agafungirwa muri Gereza yo muri Atlanta ku mugoroba wo kuri wa Kane...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abari n’abategarugori mu mukino w’intoki wa Volleyball ikoze amateka yo kugera mu mikino ya 1/2 y’igikombe cya Africa nyuma yo gutsinda Algeria amaseti 3-2, aho izahura na...
Abasigajwe inyuma n’amateka mu Murenge wa Nyamata, mu Kagari ka Kanazi mu Mudugudu wa Nyarugati II, barataka inzara no kuba mu mibereho mibi, bagasaba ubuyobozi...
Umwihariko n’amateka ya Uwimana Jeannette ufite ubumuga bwo kutavuga no kutumva , uri mu bakobwa 9 batsindiye itike yo guhagarira Intara y’Amajyepfo mu rugendo rwo guhatanira ikamba rya Nyampinga...
Umuhanzi ukomoka muri Uganda Jose Chameleome wanditse amateka mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba, yatangaje ko ari gutegura igitaramo cya mateka kizabera...
Umutoza Jurgen Klopp n’abakinnyi be bakomeje kwandika amateka mu ikipe ya Liverpool kuko baraye begukanye igikombe cy’isi cy’amakipe baba ikipe ya mbere mu Bwongereza itwaye UEFA Champions...
Umunyarwanda Jean Claude Uwizeye ukinira ikipe ya Sables Vendée Cyclisme-Cube yo mu Bufaransa, yaraye yegukanye isiganwa ry’amagare ryari rimaze iminsi rizenguruka intara ya Guyane, akora amateka...
Umukinnyi Haruna Niyonzima w’ikipe ya Simba SC yaraye ayifashije gutwara igikombe cya shampiyona ku nshuro ya 2 yikurikiranya bimufasha gukora amateka yo kuba umukinnyi wa mbere mu mateka ya...
Umugore wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri iyi minsi ari mu ruzinduko muri Afurika aho azenguruka mu bihugu bya Afurika birimo Ghana, Kenya, Misiri na Malawi. Uyu mubyeyi akunze...
Rayon Sports itsinze Young Africans igitego 1-0 kuri stade ya Kigali I Nyamirambo, ihita ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba yerekeje mu mikino ya ¼ cya CAF...
Perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un, bari basanzwe barebana ay’ingwe, bamaze kugera mu gihugu cya Singapore aho bagiye gukorera inama y’amateka igamije kureba uko Koreya ya ruguru...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki ya 18 Mata 2018 nibwo benshi bategereje kureba niba ikipe ya Rayon Sports ikora amateka yo kuba ikipe ya mbere mu Rwanda ibashije kwinjira mu matsinda y’imikino nyafurika...
Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, yavuze ku rubyiruko rwigira ntibindeba mu gihe cyo kwibuka ndetse ashimangira ko rukwiye gufata iya mbere mu gusigasira amateka ya Jenoside...
Bamporiki Edouard, Umudepite mu nteko ishingama amategeko y’ u Rwanda yashimiye umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta ku kazi gakomeye akora ko kugenzura imikoresherejwe y’ ingengo y’ imari ya Leta...
Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Mata 2023, nibwo habaye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abayirokotse bo ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, barashima Inkotanyi...
Mukansanga Salima wakoze amateka yo kuba umugore wa mbere, usifuye imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bagabo,yageze mu Rwanda aho yakiriwe ku kibuga cy’indege n’umunyamabanga w’ishyirahamwe...