Umwana ukomoka mu gihugu cya Colombia uzwi ku izina rya Juanita Valentina Hernandez,ku mezi ye icumi amaze avutse ariko akaba apima ibiro bigera kuri 20 byibura byagapimye umwana ufite imyaka...
Aya mahirwe ntabwo ari aya buri umwe wese kubona umukunzi muri yi myaka 89 y’amavuko,ariko umusaza Fred Callingwood n’umukecuru Mary Talbot besheje agahigo maze bashakana bafite imyaka 89...
ku munsi wa mbere uhura n’umuntu ubundi ukamwishimira ndetse ukifuza ko yaguhora iruhande,yewe ukamwegera mugatangira kuganira,mukamenyana ari nako umunsi ku munsi ugenda umwiyumvamo,hanyuma...
Paris Jackson umukobwa wa Michael Jackson, yahaye ubutumwa abakunzi be barenga miliyoni n’ibihumbi magana ane bamukurikirana kuri Instagram, aho yababwiye ko ubwambure ari ikintu gisanzwe. Paris...
Yego turabizi koko nta muntu mwiza mu gitanda ariko hari bimwe umugore akeneye kumenya mu gihe ari gutera akabariro.Ndakwizeza ko nukora ibi bintu mu gihe uri gutera akabariro ko uzaryoherwa...
1.Indoro
Gerageza kureba mu buryo umuntu atabona ko ufite ubwoba cyangwa igihunga. Irinde guhumbaguza no kureba hirya no hino nk’aho hari ikintu urimo gushaka. Reba neza witonze. Indoro iri mu...
Minisitiri wo kurwanya ibiza no gucyura impunzi Seraphine Mukantabana yasabye abakora mu nganda guhora bari maso bakirinda ibiza, avuga ko inganda ari umutima w’ igihugu mu iterambere bityo ko...
ku munsi wa mbere uhura n’umuntu ubundi ukamwishimira ndetse ukifuza ko yaguhora iruhande,yewe ukamwegera mugatangira kuganira,mukamenyana ari nako umunsi ku munsi ugenda umwiyumvamo,hanyuma...
Umutoza Sir Alex Ferguson wahoze atoza Manchester United aho yayihesheje ibikombe 38 birimo 13 bya “Premier League” yatangaje icyo abona cyatuma ikipe ya Manchester United yongera gutwara ibikombe...
Nyuma y’iminsi havugwa ko benshi mu bakinnyi ba Mukura VS baba bashaka kuyivamo ubuyobozi buranyomoza aya makuru aho butangaza ko buri mu biganiro n’abasore babo bagera kuri batandatu.
Mu...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo ifungiye kuri Sitasiyo ya Rugarama abagabo 30 yafashe ku itariki 21 z’uku Kwezi bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti mu buryo butubahirije...
Nk ‘uko tubikesha urubuga webmd.com/sex relatioship. Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo mu Bwongereza, bugakorwa bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina ari ingirakamaro ku buzima bw’umuntu....