Abapolisi bo mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge(ANU) mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare bafashe abantu batatu bikoreye ibipfunyika bitatu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gakenke muri Sitasiyo ya Gakenke yafashe moto yo mu bwoko bwa TVS nyuma y’uko abantu bataramenyekana bari bamaze...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 11 Mutarama 2021,abantu 4 bahitanywe na COVID-19 bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo mu Rwanda ugera kuri 124 mu gihe abanduye bo...
Myugariro witwa Darnell Fisher w’ikipe ya Preston North End ari gukurikiranwa na FA nyuma yo gukanda udusabo tw’intanga [amabya] twa mugenzi we ukinira Sheffield Wednesday witwa Callum...
Abantu babarirwa mu bihumbi bafunze imihanda mu bice bitandukanye bya Pologne (Poland) ku munsi wa gatanu wikurikiranya w’imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy’urukiko rusa nkaho rwaciye burundu...
Umujyi wa Kigali wamuritse ku mugaragaro igishushanyombonera gishya, cyitezweho gufasha igihugu kugera ku iterambere mu myaka 30 iri imbere.
Ni igishushanyombonera cyari gitegerejwe cyane,...
Ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 27 Kanama 2020, abantu batatu batakaje ubuzima abandi barakomereka, mu mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Plage mu Kagari ka Nyarusange mu Murenge wa Muhazi. mu...
Impanga 2 Brittany na Briana zashyingiranwe n’abasore b’impanga,Josh na Jeremy mu bukwe bw’akataraboneka bwabereye ahitwaTwinsburg muri Ohio,batwitiye rimwe.
Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, i Waycross muri leta ya Georgia ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abapolisi barashe ku modoka yari irimo abana 5...
Ikigo gishinzwe ubuzima,RBC,cyatangaje ko guhera ejo tariki ya 02 Nyakanga kizatangiza gahunda nshya yo gusuzuma COVID-19 ku bagenda mu mihanda imwe n’imwe yatoranyijwe mu Mujyi wa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 16 Kamena 2020, habonetse abarwayi ba Coronavirus bashya 24. Aba barwayi bagaragaye muri Rusizi no mu Banyarwanda batashye. Abamaze kwandura...
Agace ko mu murwa mukuru Beijing w’Ubushinwa kashyizwemo ingamba zikaze za ’guma mu rugo’ nyuma yaho hagaragaye abantu ba mbere banduye coronavirus mu minsi irenga 50 yari ishize nta bwandu bushya...
Benshi mu bamotari batangiye akazi ku munsi w’ejo nyuma yo gukomorerwa batangaje ko batabonye abakiriya benshi nkuko byari bisanzwe mbere ya Coronavirus ndetse bamwe muri bo baciwe amande kubera...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2020,yatangaje ko habonetse abanduye Coronavirus bashya 2 .Abamaze kwandura iyo ndwara mu Rwanda babaye 327. Uyu...
Nyuma yuko guhera kuri uyu wa Mbere taliki ya 04 Gicurasi amategeko ya gahunda ya Guma mu Rugo yorohejwe bamwe bagatangira imirimo no gutembera utarenze intara n’Umujyi wa Kigali, hashyizweho...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020,nibwo hatangiye gahunda yo korohereza abanyarwanda kuva mu rugo nyuma y’iminsi irenga 40 bayirimo gusa amwe mu mafoto yagaragaje bamwe mu bantu bari...
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye tariki 30 Mata ryari rifitiwe amatsika n’abanyarwanda hafi ya bose bategereje impinduka nshya kuri gahunda ya Guma mu...