Umwe mu batwara abagenzi kuri moto mu karere ka Rubavu witwa Majyambere Jean Bosco afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Busasamana akekwaho guha Umupolisi ruswa y’ibihumbi bitanu by’amafaranga y’u...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza avuga ko natorwa azaharanira ko ubucuruzi buciriritse bujya mbere akavuga ko n’ abacururiza mu mihanda bazwi...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 11 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage b’umurenge wa Gikomero akarere ka Gasabo ikibuga cy’umupira w’amaguru yabubakiye, kikaba ari kimwe...
Abantu 44 nibo bamaze gutangazwa ko basize ubuzima mu mpanuka ya gariyamoshi ebyiri zagonganye kuri uyu wa gatanu zigahita zifatwa n’inkongi y’umuriro mu majyaruguru y’igihugu cya Irani.
Uretse...
Intumwa 10 zo mu birwa bitatu nka bimwe mu bihugu by’Afurika zavuze ko bikwiye ko ibihugu bikurikiza urugero rwiza rw’u Rwanda mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana;...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yamaze kuvumbura abatekamutwe bashinze ambasade yayo baringa mu gihugu cya Ghana, bari bamaze imyaka icumi batanga viza, impamyabumenyi n’ibyangombwa byo...
Muri iki gitondo Police y’u Rwanda yamuritse ikoranabuhanga rishya mu kunoza servisi z’umutekano mu muhanda. Ubu buryo bushya buzatuma umupolisi atongera kuba ari we wandikira umushoferi wakoze...
Umumotari witwa Munyaneza Ignace w’imyaka 42, yafashwe na polisi y’ u Rwanda mu mpera z’ icyumweru gishize agerageza kugurisha moto yatwara ariko itari iye
Polisi ikorera mu karere ka Kicukiro...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ivuga ko kuva saa sita z’ijoro kugeza mugitondo cyo kuri iki cyumweru nta mpanuka iraba mu gihugu muri raporo imaze kubona.
Polisi...
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi ku izina rya Bruce Melody mu njyana ye y’ R&B yaririmbiye abitabiriye Siporo rusange yo kuri iki Cyumweru tariki ya 5 Werurwe 2017
Nk’ uko bimaze kumenyerwa buri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Mata 2017 imodoka y’ ivatiri TOYOTA CLORA RAA 878 K yavaga mu ntara y’ amajyaruguru yerekeza mu mujyi wa Kigali yagonze umunyeshuri wari mu nzira ajya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi,...