Waba ubeshye uvuze ko uri umugabo utaragira ikibazo wibaza ku gitsina cyawe, hari bamwe bagira ibitsina bigufi ndetse bikabatera n’ipfunwe batekereza ko batazashimisha abagore babo uko bikwiye ,...
Hamwe mu hakunze kubera ubukwe muri afrika y’epfo banze kwakira ubukwe bw’ababana bahuje igitsina, aho ni mu gihe icyo gihugu kiri muri bike byemerera abantu kubana bahuje...
Uwahoze ari umuganga wa Liverpool witwa Andrew Massey yavuze ko mu mikino ya FA Cup yo muri 2014,kapiteni Steven Gerrard yavunitse igitsina muri uyu mukino batsinzemo Bournemouth biba ngombwa...
Umugabo yagaragaye yambaye ubusa ari kuvirirana amaraso ku igorofa ry’ahitwa i Mendeleyevsk, mu Burusiya, aho bivugwa ko umugore we yamukase igitsina akoresheje...
Umugabo witwa David Clark w’imyaka 49,yishe umugore we amuhoye ko yahoraga amutuka ko afite igitsina gito ndetse atamuryohereza iyo bari gukora imibonano...
Umugabo witwa Alex Bonilla w’imyaka 49 ukomoka muri Leta ya Florida muri USA, yakoze amahano ubwo yinjiraga mu rugo rw’uwahoze ari umugore we,akata igitsina cy’umugabo mushya bari batangiye...
Umugore w’imyaka 29 wo mu gihugu cya Thailand yatawe muri yombi nyuma yo guca se umubyara igitsina akoresheje icyuma gikata imigati,amuhora kumufata ku ngufu guhera ku myaka 10 kugeza...
Abakobwa babiri bakomoka mu Bwongereza barumye igitsina cy’umwe mu bagabo bagundaguranaga bashaka kubafata ku ngufu mu Butaliyani nkuko umushinjacyaha yabibwiye...
Umwongerezakazi witwa Rebekah uzwi cyane kubera ko ari umugore wa rutahizamu wa Leicester City,Jamie Vardy,yasabye imbabazi umuhanzi witwa Peter Andre wari umugabo we,yandagaje avuga ko afite...
Umusore w’imyaka 22 wo muri Malaysia waciwe igitsina cye bitewe no gusiramurwa nabi afite imyaka 10, yahawe indishyi z’akababaro zingana na miliyoni zirenga 20 FRW...
Nta kibi nko kuba uri umuhungu ariko mu bijyanye no gufata umurego kw’igitsina ari intambara,iki kikaba ari nacyo kintu cy’ibanze gikunda gusenya ingo z’abashakanye,aho umugore ntacyo adakorera...
Umunyarwenya akaba n’umwanditsi w’ibitabo witwa Ross Asdourian ukomoka mu mujyi wa New York muri USA,yatangarije imwe mu mateleviziyo ko yavunitse igitsina ubwo yarimo atera akabariro n’umugore...