Mbere y’ uko inda y’ umukobwa cyangwa umugore iba nini hari ngo abe yakeka ko atwite hari uburyo 6 yakoresha bikamwongereza icyizere yashingiraho ahamya ko yaba yarasamye nubwo budasimbura kujya...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA yatangaje ko ku kuwa kane taliki ya 26 Ukwakira 2017,aribwo ubuyobozi bwa FERWAFA buzahura na Rayon Sports ndetse na AZAM kugira ngo...
Ikipe ya Rayon Sports iherutse kwandikira FERWAFA iyibutsa ko ibijyanye no kwamamaza kuri stade ku mikino yakiriye biyireba bityo itagakwiye kubangamira amasezerano yo kwamamaza bagiranye...
Higiro Jackson na Gatabazi Robert bafungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Ririma, mu karere ka Bugesera nyuma y’aho Polisi ibafatanye Miliyoni n’ibihumbi 40 by’amafaranga y’u Rwanda bakekwa kuba bari...
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuryango ni uko hari umwuka mubi hagati ya Rayon Sports n’umuterankunga wayo mukuru SKOL aho kuri ubu bivugwa ko SKOL yaba yashatse guhagarika amasezerano bagiranye...
Madame wa Perezida wa Republika Jeannette Kagame yatanze ikiganiro mu nama y’ihuriro ryiga ku bibazo byugarije isi, rizwi nka Global Citizen Forum, aho yagarutse ku bwiyunge ahereye ku nzira...
Impanuka ebyiri zitandukanye zo mu birombe bicukurwamo amabuye y’ agaciro zabereye mu turere twa Muhanga na Ruhango zahitanye abantu 13 mu cyumweru kimwe
Ingingo ya 438 y’igitabo cy’amategeko...
Igihangange mu muziki Ed sheeran ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza,yagonzwe n’imodoka ubwo yari ari gutembera ku igare rye mu mugi wa London ndetse akomereka bikomeye ukuboko aho avuga ko bishobora...
Kuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa...
Uwase Deborah umaze kumenyekana cyane ku izina ry’ubuhanzi rya Marina nta kindi kiri gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga usibye ifoto ye ahana igisomyo n’umusore bigeze gukundana mu minsi...
Polisi yo mu Karere ka Karongi yataye muri yombi umusore ushinjwa kwica uwitwa Habiyambere Pascal amukubise inyundo akaba yahise yishyikiriza Polisi.
Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 14...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Vladimirovich Putin yahawe ikibwana cy’imbwa na mugenzi we Perezida wa Turkmenistan nk’impano y’umunsi w’amavuko Putin aherutse kwizihiza kuya 7 Ukwakira 2017.
Perezida...
Hari mu rucyerere rwo mu ijoro rishyira kuri uyu wa kane ubwo Mu mudugudu wa Kanserege Akagari ka Kamutwa mu murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo, Umukobwa witwa Yamuragiye Jeannette w’imyaka...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2017 umusore witwa UWURUGWIRO Amosi wari mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko yaburiwe irengero nyuma yo gutwarwa n’amazi ubwo yasengeraga aho...
Komisiyo y’Amatora yo muri Repubulika Demokarasi ya Congo yatangaje ko nta matora azaba muri iki gihugu muri uyu mwaka wa 2017, ngo hakenewe nibura iminsi 504 bivuze ari mu ntango z’umwaka...
Itorero rya ADEPR ryambuye Bishop Sibomana Jean wahoze ari Umuvugizi mukuru waryo mu Rwanda na Tom Rwagasana wari umuvugizi wungirije umurimo w’Ubupasiteri mu itorero.Ni nyuma yo kuvugwaho...
Myugariro w’inyuma ku ruhande rw’iburyo mu ikipe ya Rayon Sports Nyandwi Saddam aratangaza ko icyamufashije kwitwara neza akigera muri Rayon Sports ari ukumvira inama z’umutoza ndetse no gukaza...
Polisi irimo gukora iperereza ku ikoreshwa nabi ry’ububasha mu gusoresha aho abakozi bamwe bo mu kigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro bakoranye na bamwe mu bashaka kuyinyereza.
Mu kiganiro...
Ku wa 28 Nzeri 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Gicumbi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo BABONAMPOZE Jacques Dyna na TUYISENGE Emmanuel kuba mu ijoro ryo kuwa 21/01/2017.
Ibi byabereye mu...