Umuhanzikazi Rihanna uri mu bakundwa n’abagabo benshi ku isi kubera amafoto akunze gushyira hanze yambaye imyenda ishotora,yongeye kwifotoza yamamaza utwenda tw’imbere two kwambara ku munsi...
Rutahizamu w’ikipe ya Mancehester United Alexis Sanchez yibasiriwe n’abafana kuri twitter kubera amashusho yashyize hanze yamamaza imyambaro.kandi iyi kipe yaratsinzwe na Brighton ku...
Mu ibaruwa ikarishye impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Rwanda CAF imaze kwandikira Rayon Sports,iyimenyesheje ko yamaze kongera kuyifatira ibihano ku nshuro ya 4 ,aho yayiciye amande...
Mu minsi ishizenibwo hasohotse amafoto y’umuhanzi Young Grace yambaye imyenda y’ikipe ya Rayon Sports iriho ibirango bya Skol kandi uyu muhanzi afite amasezerano yo kwamamaza Primus binyuze mu...
Nyuma y’urupfu rwa Mowzey Radio umusore waririmbaga mu itsinda Goolyfe abakoresheje indirimbo ze mu nyungu zabo bwite bagiye kujyanwa mu nkiko ,kubwo ,kutubahiriza uburenganzira busesuye...
Imyambarire idasanzwe igenda igaragara mu byamamare ku isi aho bagaragaza imiterere yabo ndetse rimwe na rimwe bakagaragaza ibice by’ibanga mu ruhame nubwo abandi bavuga ko bayambara mu rwego rwo...
Nyampinga Akiwacu Colombe wegukanye ikamba rya Nyaminga w’u Rwanda mu mwaka wa 2014 akomeje urugendo rwo kwamamaza imideli i Paris mu gihugu cy’ ubufaransa.
Akiwacu Colombe kuri ubu umaze igihe...
Umukinnyi Jermaine Pennant wakiniye amakipe atandukanye arimo akomeye nka Liverpool na Arsenal yagaragaye mu birori byo kwamamaza filimi z’urukozasoni aho we n’umugore we biteguye kwinjira mu...
AZAM TV yabaye ihagaritse kwerekana imipira ya shampiyona y’u Rwanda kubera ko FERWAFA yishe nkana amasezerano bagiranye ku bijyanye no kwerekana iyi mikino ndetse n’ubucuruzi.
Nkuko amakuru...
Umuririmbyi, umuramyi ukomeye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire yatangaje ko atajya acibwa intege n’inkuru z’urudaca zimwandikaho mu itangazamakuru umunsi ku wundi.
Aline ukunze...
Turi tariki ya 13 Kanama, ni umunsi wa 225. Iminsi 140 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo, iyi tariki imaze kuba ari ku Cyumweru inshuro 56.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017; Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yakomeje urugendo rwo kwiyamamaza mu Karere ka Ngororero na Muhanga.
Ni nyuma yo kuva mu turere turindwi...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano muri iki gihe cyo kwamamaza abakandida kumwanya wa Perezida wa Repubulika ari wose haba ahiyamamarizwa, mu muhanda ndetse no mu gihugu hose.
Avuga uko...
Umuririmbyi Kitoko Bibarwa uri mu bahanzi barikwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi, Paul Kagame, yahakanye urukundo rumaze imyaka ruvugwa hagati ye na Ange Kagame, umukobwa wa Nyakubahwa Paul...
Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko usanzwe ukorera muzika mu Bwongereza, yageze mu Rwanda Saa ine n’igice 22h30’ zo mu gicuku cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Nyakanga 2017.
Ku gicamunsi cyo...