Ikipe ya Chelsea idafite umufanyabikorwa wo kwamamaza imbere ku mupira yahawe akayabo n’urubuga rutangaza filimi z’urukozasoni kugira ngo yemere bakorane.
Ikinyamakuru Forbes cyatangaje ko kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi mu mupira w’amaguru utunze akayabo ka miliyari y’amadolari...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus ari hafi gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi mu mupira w’amaguru utunze akayabo ka miliyari y’amadolari aturutse mu mishahara...
Ali Kiba yavuze ko atazitabira igitaramo cya Wasafi Festival cyateguwe na Diamond kuko ngo nawe azaba arimo kwamamaza ikinyobwa cye kitwa Mofaya muri Canada ahubwo amwizeza ko azamubera...
Rihanna yasabye Trump guhagarika gucuranga indirimbo ze nyuma yuko imwe mu ndirimbo ze yumvikanye iri gucurangwa mu bikorwa byo kwamamaza abakandida b’aba...
Guverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda...
Umuhanzi Nemeye Platini P uzwi ku izina rya Platini P , yaciye bugufi asaba imbabazi, nyuma yo gushinjwa gushinyagurira nyakwigendera Jay Polly agasohora indirimbo yo kwamamaza inzoga...
Rutahizamu Cristiano umaze imyaka isaga 15 ari hejuru mu mupira w’amaguru yagaragaye mu mashusho yo kwamamaza imikino yo kuri telefoni ari kurwanisha imbunda bica amarenga ko uyu mugabo ashobora...
Umukinnyi wa Chelsea,Ruben Loftus-Cheek yaciye ibintu mu binyamakuru kubera amafoto yifotoje ari kwamamaza imyenda we na Carla Bruni usanzwe ari umugore wa Nicolas Sarkozy wigeze kuyobora...
Mu gihugu cya Ghana, umuhanzi uzwi ku izina rya Brother Sammy ukunzwe n’abatari bake mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,yatawe muri yombi ashinjwa kwamamaza imiti itemewe avuga ko ivura...
Umuhanzikazi Miley Cyrus uzwiho kugira udushya mu myambariro,yahisemo kwifotoza yambaye ubusa hejuru mu rwego rwo kwamamaza indirimbo ye Nothing breaks like a heart,yakoranye na Mark...
Kim Kardashian abinyujije kuri instagram konte ye yashyize hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe mu mwambaro wa bikini ubwo yararimo kwamamaza igicuruzwa yise...
Ubuhanzi ni kimwe mu bintu byifashishwa mu kwamamaza ibikorwa runaka cyangwa se kugeza ubutumwa kure, ni kimwe mu bintu kandi byifashishijwe mu itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata...
Tubahaye ikaze kwa Masenge Life Center. Ntabwo bikiri ibyo kwamamaza ahubwo twumva dutewe ishema no kubwira abantu bose ko kwa Masenge Life Center hari...
U Rwanda ruri kuvugana n’amakipe atandukanye mu Butaliyani kugira ngo yamamaze "VISIT RWANDA"nkuko rusanzwe rukorana na PSG yo mu Bufaransa na Arsenal yo mu Bwongereza.
Mu kiganiro n’abanyamakuru...
Kuri uyu wa 07 Mata 2021,u Rwanda rwatangiye Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi aho amakipe 2 afitanye ubufatanye n’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bw’Igihugu muri gahunda...
Missrwanda ni igikorwa cyimaze kubaka izina mu Rwanda,cyo guhitamo umukobwa urusha abandi Ubwiza,umuco,n’Ubumenyi. kikaba gitegurwa na Kompanyi y’abikorera itegamiye kuri Leta kuva mu mwaka wa...