Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo watorewe kuba Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie nyuma yo gutorwa yavuze ko impamvu yiyamamaje ari uko yasanze kuyiyobora bifite...
Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo...
Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Kamena 2018 yashyize umukono ku itegeko nshinga anatangaza ko ataziyamamaza muri 2020.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2017 Abadepite bo mu gihugu cya Uganda bafashe umwanzuro ntakuka ku ivugurura ry’ Itegeko Nshinga rya Uganda ryakumiraga Perezida Museveni Yoweli kongera...
Perezida Vladimir Vladimirovich Putin (Vladimir Putin) w’ imyaka 62 w’Uburusiya yatangaje ko aziyamamariza indi manda y’imyaka itandatu mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu kwezi kwa gatatu...
Masamba Intore yabwiye abatuye mu mijyi ya Dallas na Texas ko atazaboneka mu gitaramo yagomba kuzaririmbamo bitewe n’uko ari umwe mu bahanzi batoranyijwe bagomba guherekeza Perezida Kagame mu...
Ishyaka Zanu-PF riri ku butegetsi muri Zimbabwe ryemeje ko perezida Robert Mugabe azongera kwiyamamaza mu matora yo muri 2018.
Perezida Mugabe w’imyaka 92, ari ku butegetsi kuva igihugu cyabona...
Perezida Kagame yatangaje ko yishimiye icyizere abanyarwanda bakomeje kumugirira, ndetse ko azabakorera uko ashoboye, ashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru...
Umubyeyi w’umwangavu yemeye ko yateje urupfu rw’umukobwa we w’amezi 20 i Brighton, ubwo yamusigaga wenyine mu nzu agiye mu marushanwa y’ubwiza yaberaga mugihugu...
Nancy Pelosi, umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika akomeje gushyira igitutu kuri visi perezida Mike Pence ngo yeguze Donald Trump kubera uruhare rwe mu myigaragambyo...
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame,yavuze ko ameze neza nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda ndetse agifite imbaraga nyinshi zo gufasha abanyarwanda kugera ku iterambere...
Abarundi bacitse ururondogoro kubera amakuru akomeje gucaracara ko umugore wa Perezida Pierre Nkurunziza,Denise Bucumi ari gutegurwa kugira ngo azamusimbure ku butegetsi biturutse mu matora...
Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
Minisiteri y’umutekano mu gihugu cy’u Burundi yatangaje ko hagiye gutangizwa ibikorwa bya kamarampaka ku itegekonshinga ry’ u Burundi (Activités relatives au Référendum de la Constitution du Burundi)....