Umubyeyi wo muri Afuganisitani yahatiwe kugurisha umwe mu mpanga ye kugira ngo agaburire undi mu gihe ikibazo cy’ibiribwa gikomeje gukara mu gihugu.
Nk’uko ikinyamakuru Mail Online kibitangaza,...
Abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba bahangayikishijwe n’abajura babatera nijoro bakabiba ndetse n’ abana babo batabona uko basubira mu masomo nijoro kubera ko badafite umuriro...
Depite wo muri New Zealand (Nouvelle-Zélande) yanyonze igare ari ku bise kuri iki cyumweru ajya ku bitaro, abyara hashize isaha imwe gusa agezeyo.
Julie Anne Genter nyuma yaho yatangaje kuri...
Kuwa Gatandatu tariki ya 20 Ugushyingo Polisi ikorera mu Karere ka Nyanza yafashe uwitwa Hakizimana Jean Pierre w’imyaka 24 ucyekwaho kwiba Ruyenzi Jean Bosco w’imyaka 28 wari umukoresha we wo mu...
Bamwe mu babyeyi barerera mu ishuri rishya ryubatswe mu Kabirizi mu murenge wa Rugerero akarere ka Rubavu bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’ikiraro cy’ahitwa mu Gisa ubu cyamaze kwangirika...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu bafite amazu y’ubucuruzi n’abakoresha umuhanda wa Petite Barierre werekeza ku ibagiro,barashinja ubuyobozi gucukura icyobo mu muhanda, amazu yabo...
Jay Polly yari umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, ari nabyo byatumye inkuru y’urupfu rwe ishavuza benshi kuva ku bavandimwe be, inshuti, abakunzi b’ibihangano bye ndetse...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi...
Abakinnyi b’abanyarwanda bagiye mu Buyapani guhagararira u Rwanda mu mikino olempike 2020,baserutse mu myambaro ya Made in Rwanda n’indabo mu ntoki, barangajwe imbere na Agahozo Alphonsine na...
Umunya-Slovenia w’imyaka 22 y’amavuko,Tadej Pogačar, yegukanye Tour de France ku nshuro ya 2 yikurikiranya akora agahigo ko kuba umukinnyi muto uyegukanye 2 yikurikiranya.
Uyu musore ukinira UAE...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Nyakanga 2021,yatangaje ko kuva tariki 17/07/2021 kugeza 26/07/2021, Umujyi wa Kigali n’uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare,...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...
Kuri iki Cyumweru, mu Mujyi wa Kigali habaye isiganwa rya 16 rya Kigali Peace Marathon 2021, ryatangijwe na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju ari kumwe na Minisitiri Kayisire Marie...
Ubushyamirane bwo kujya mu mitsi bwavutse mu nteko ishingamategeko ya Pan-Africa iteraniye muri Africa y’Epfo mu mujyi wa Johannesburg.
Iyi nteko ku wa mbere yagombaga gutora umukuru wayo ku...
Umunya-Espagne Cristian Rodriguez Martin w’imyaka 26, ukinira ikipe ya Total Direct Énergie yo mu Bufaransa,niwe wegukanye Tour du Rwanda 2021 ndetse anegukana agace ka nyuma kareshyaga na KM...
Isiganwa mpuzamahanga ry’amagare rizenguruka igihugu “Tour du Rwanda” ryakomereje i Nyamirambo mu Mujyi wa Kigali, mu gace kabanziriza aka nyuma, kari kagizwe n’intera y’ibilometero 4.5.
Buri...
Makuza Bernard wabaye Minisitiri w’Intebe ndetse na Perezida wa Sena akomeje kugaragaza urukundo akunda imikino kuko uyu munsi yashyigikiye umukino wo gusiganwa ku magare aho yagaragaye aho etape...
Uwahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutasi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR), Kalev Mutond, abinyujije ku bunganizi be mu mategeko, arimo kugurisha imitungo ye...