Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, ayoboye ubukangurambaga bwo gukusanya amayero asaga 300.000 (hafi miliyoni 320 z’amafaranga y’u...
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 19 Kanama nibwo hazatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare rya Vuelta a Espana rigiye kuba ku nshuro ya 72 rifite uduce 21 aho ku munsi w’ejo...
Umukinnyi wo gusiganwa ku magare wa Benediction Ignite na Team Rwanda, Areruya Joseph, yasezeranye kuri iki Cyumweru na Uwera Josephine, umukobwa w’inzozi...
Umusore Hadi Janvier wahoze akina umukino wo gusiganwa ku magare ndetse akegukana umudali wa zahabu mu mikino Nyafurika yabereye muri Congo Brazzaville 2015,yasabye minisiteri ya Siporo n’umuco...
Munyaneza Didier ukina umukino wo gusiganwa ku magare yongeye kwereka abanyarwanda ko atakiri umwana ubwo yegukanaga agace ka kabiri k’isiganwa ritegura ‘Tour du Rwanda 2018’ kavaga i Karongi...
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Eritrea bakina umukino wo gusiganwa ku magare, barangajwe imbere na Tesfazion Natnael bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu mujyi wa Asmara kuri uyu wa Gatatu nyuma...
Umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare, Mugisha Moise, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe yakinagamo ya SACA, abumenyesha ko yamaze gusesa amasezerano nabo kubera akarengane yakorewe...
Umukinnyi Mugisha Moise uri mu ba mbere mu Rwanda mu mukino wo gusiganwa ku magare yatangaje ko umuvuduko abakinnyi baherutse guhurira mu irushanwa ryo gusiganwa mu muhanda mu mikino ya Olimpike...
Nubwo akiri muto umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul akomeje kwigaragaza cyane mu marushanwa Team Rwanda yatumiwemo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho muri Colorado Classic yatangiye mu ijoro ryo...
• Lowestrates.ca izasenyuka nyuma yo gukina Tour du Rwanda
• Frédérick Gates yatangaje ko yahisemo kuva mu mukino wo gusiganwa ku magare
•Lowestrates.ca yiteguye guhatanira umwenda w’umuhondo muri...
• Tour de France yatangiye mu mwaka wa 1903
• Maurice Garin niwe wegukanye Tour de France bwa mbere
• Tour de France ifite amateka maremare
• Tour de France yitabirwa n’amakipe 22 agizwe n’abakinnyi 9...
Kabuhariwe Areruya Joseph yatangaje ko kuba igihugu cya Eritrea cyaratangiye umukino wo gusiganwa ku magare kera cyane bigifasha kwitwara neza mu marushanwa nyafurika ndetse n’abakinnyi bacyo...
Rugambwa Jean Baptiste wari umuyobozi wa Les Amis Sportif, ikipe yo gusiganwa ku magare ikomeye ya hano mu Rwanda, ibarizwa mu karere ka Rwamagana yakoze impanuka ahita yitaba Imana kuri iki...
Imodoka ya Coaster yari itwaye abakinnyi b’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare, Team Rwanda yari kumwe n’abo muri Bourkina Faso na Côte d’Ivoire, bari mu irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare ndetse na Benediction Club y’I Rubavu,Nsengimana Jean Bosco yashyingiranywe na Niyireba Uwase Jeannette mu bukwe bwabaye ku munsi w’ejo taliki ya...
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 28/01/2019 yazamuye umushahara wa mwalimu ndetse yongera manda y’umuyobozi wa BNR, Guverineri Rwangombwa.
Iri ni itangazo ry’ibyemezo...
Abakinnyi b’Abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare mu ikipe ya Benediction Excel Energy baraye bakomerekeye mu Gace ka Kabiri ka Tour de la RDC ubwo bari mu gikundi kinini bahanganira...