Diane Gashumba, Minisitiri w’Ubuzima
Muri raporo y’ubugenzi yakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Abakozi ba Leta mu kwezi kwa 10 2017 yagaragaje bumwe mu buriganya bwakozwe bigaragara ko busa...
Umuhanzi Jennifer Lopez umaze imyaka myinshi muri muzika ya USA,yashyize hanze amafoto yavugishije benshi agaragaza imyambarire idasanzwe yambaye mu mashusho y’indirimbo ye nshya yitwa El...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwishimiye umusaruro w’umutoza Ivan Minnaert,bumwemerera kumuhemba akayabo ka miliyoni 38,790,000 mu gihe kingana n’amezi 13...
Umuhanzi w’umunyarwanda Mani Martin, ni umwe mu bahanzi bamaze igihe kirekire mu muziki. Icyakora n’ubwo amaze igihe mu muziki si kenshi yakunze guhamya ko afite umukunzi cyangwa ngo agire uwo...
Kapiteni w’ikipe ya APR FC yabwiye Rayon Sports ko igomba gukora ibishoboka byose igahagarika ubusatirizi bw’ikipe ya Gor Mahia,niba ishaka kubona amanota 3 ya mbere mu matsinda ya CAF...
Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga za interinet zitandukanye turasangamo ifoto y’ umusirikare ufite iranka rya Sergeant wateye ivi asaba umukunzi we ko bakwibanira ,amafoto y’ bamwe mu bakobwa...
Every day, all over the world, people pay to see musicians perform their biggest hits. But it’s only once in a great while that the outcome of the show produces memorable experiences and the 19th...
But it’s only once in a great while that the outcome of the show produces memorable experiences and the 19th edition of the Tusker Malt sponsored Blankets and wine can be counted among those,...
Umuhanzi Aline Gahongayire uzwi cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yavuze uburyo yakuze ari umukobwa w’inkubaganyi wakundaga kurwana ku buryo atatinyaga no kurwana n’abahungu ndetse...
Ikipe y’igihugu ya Zambia y’abatarengeje imyaka 20 iteye intambwe ikomeye yo kwerekeza mu gikombe cy’Afrika nyuma yo gutsindira Amavubi ku kibuga cyayo ibitego 2-0 mu mukino...
Abakinnyi ba Rayon Sports bashyikirijwe Kositime (costume) bazajyana muri Tanzaniya gukina n’ikipe ya Young Africans S.C mu irushanwa rya CAF Confederation...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo yo kurwanya Jenoside(CNLG), Dr Jean Damascene Bizimana avuga ko abarokotse Jenoside barenga ibihumbi icyenda bakuweho imyanya...
Mbere yo kwerekeza muri Tanzania gukina na Young Africans mu mukino wa kabiri wo mu itsinda D muri CAF Confederations Cup,abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports bifotoje bambaye ama kositimu baherutse...
Umuhanzi w’injyana ya Hip Hop Young Grace yatunguye benshi mu bamukurikira kuri Instagram ubwo kuri uyu wa Gatatu yashyiraga hanze amafoto yambaye imyenda ya Rayon Sports,atangaza ko yabikoze mu...
Umubyeyi witwa Nakabonye wo mu kagari ka Nyakabanda Umurenge wa Niboye mu karere ka Kicukiro umuhungu we w’ imyaka itanu amaze iminsi 6 ashimuswe n’ abantu bagishakishwa na polisi nyuma yo gutwara...
Imyambarire y’abageni n’ikimwe mu bikurura abantu benshi muri iki gihe ndetse benshi baba bafite amatsiko menshi yo kureba cyangwa kumenya uko mu bukwe runaka abageni bambaye ndetse n’uruganda...