Umukinnyi Sadio Mane wagize isabukuru y’imyaka 28 Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2020,yatangaje ko urupfu rwa se umubyara ndetse no kuba mushiki we yaravukiye mu rugo byamuhaye imbaraga zo...
Muri iki gitondo tariki ya 13 Mata 2020,igihugu cya Tanzania kimaze gutangaza ko cyabonye abantu bashya 14 banduye Coronavirus. Ibi byatumye abamaze kuyandura baba 46 nubwo Leta yanze guhagarika...
Amakuru aturuka muri RDC kuri uyu wa 15 Mata 2020,aravuga ko Musenyeri Gérald Mulumba uvuka na se wa Perezida Félix Tshisekedi yitabye Imana azize uburwayi bwa...
Kuri uyu wa Gatandatu nibwo shampiyona y’Ubudage yasubukuwe ku mugaragaro aho hari hitezwe umukino ukomeye uhuza abakeba 2 Borussia Dortmund na Schalke 04 warangiye iyi kipe y’umuhondo n’umukara...
Mu gihe amakipe yiteguraga gufungura imyitozo mu matsinda mato, Premier League yafashe ibipimo 748 mu bakinnyi,abatoza n’abandi bakozi b’amakipe babonamo abantu 6 banduye...
Imodoka yo mu bwoko bwa Bisi ’Bus’ yarisanzwe izwi ko ari iy’ikipe ya Rayon Sports Akagera Motors kagiye kuyiteza cyamunara kubera kunanirwa kwishyura amafaranga y’umwenda...
Kuwa Gatatu tariki ya 17 Kamena 2020 nibwo Premier League yari imaze igihe kinini idakinwa kubera COVID-19 izasubukurirwa aho amakipe akina iyi shampiyona yemeranyije ko habanza gukinwa imikino...
Raporo y’amafaranga yaguzwe abakinnyi muri Rayon Sports n’ayinjiye ku bibuga ubwo iyi kipe yayoborwaga na Muvunyi Paul mu mwaka w’imikino wa 2019/20 ntibivugwaho rumwe nyuma y’uko bigaragaye ko...
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020,abanduye Coronavirus mu Rwanda bashya ni 37 barimo ababonetse I Rusizi:15 (bapimwe mu duce twibasiwe kurusha ahandi), Kigali:13 (abahuye n’abanduye&Abaturarwanda...
Kuri uyu wa 27 Nzeri 2020, Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Gatete Claver, yasabye ko abatubaka mu bibanza bafite mu mujyi wa Huye babyamburwa bigahabwa abashaka kubibyaza...
Dr. John Pombe Magufuli uherutse kwegukana insinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya Tanzania, kuri uyu wa kane tariki ya 5 Ugushyingo 2020, yarahiriye kuyobora manda ya kabiri mu kirori cyaranzwe...
Ikipe ya As Kigali iherereye mu gihugu cya Uganda yapimwe mbere yuko ihura n’ikipe ya KCCA Fc ibarizwa muri iki gihugu aho nta bayobozi n’abakinnyi basanzwemo ubwandu bwa...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Mutarama Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 54 bari mu bikorwa bya siporo ikorerwa hanze, abenshi barimo kwiruka.
Ku bufatanye n’abaturage, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze mu Murenge wa Nkotsi yafatiye abantu 94 mu nzu ebyiri zitandukanye barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira...
Kuwa Kabiri tariki ya 2 Gashyantare Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Gisozi yafatiye abantu 28 mu nzu y’uwitwa Christine bakunze kwita Mama Abouba (uyu yahise acika...
Umuyobozi wa Gasogi United akaba na nyirayo,Kakoza Nkuriza Charles,yatangaje ko amakipe bari kumwe mu itsinda B ko akwiriye kwitegura biruseho kuko azayaha akazi...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi bakoze igikorwa cyo kugenzura ko abantu bubahiriza amabwiriza...
Ahagana saa tanu za mugitondo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi ni bwo abapolisi bafashe abantu 30 bari mu rugo rwa Rudasingwa Jean Claude w’imyaka 37 bari mu nama yo gutegura ubukwe bwe....
Abantu 73 barimo n’abageni bafatiwe mu bukwe mu muhango wo gusaba no gukwa mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza kandi bitemewe kubera ingamba zafashwe na Leta mu kwirinda Covid-19....
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Gicurasi Polisi ikorera mu Karere ka Huye ifatanije n’abayobozi mu nzego z’ibanze bakoze igikorwa cyo kugenzura ko abantu bubahiriza amabwiriza yo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu,umuntu umwe yahitanywe na COVID-19 mu Rwanda, bituma umubare w’abamaze kwicwa n’iki cyorezo ugera kuri...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena Polisi y’u Rwanda yafashe abantu 88 bari mu muhango wo kwiyakira mu bukwe bw’uwitwa Buregeya Saidi Codo w’imyaka 34 na Nyampundu Thausie. Bwari...
Ishyirahamawe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda ku bufatanye na Minisiteri ya siporo (MINISPORTS) bashyiriyeho abafana n’abandi bantu bose amabwiriza azatuma bemererwa kwinjira muri Kigali Arena...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nzeri kuri televisiyo y’u Rwanda mu kiganiro Waramutse Rwanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yibukije...