Kylian Mbappe yasimbujwe na Luis Enrique ubwo igice cya mbere cyari kirangiye bakina n’ikipe yahozemo ya AS Monaco aho kugaruka yicara ku ntebe y’abasimbura,ajya kwicarana na nyina hejuru muri...
Kuri iki cyumweru, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, yatangiye kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu,kuri sitade Martyrs yari yuzuye abantu mu murwa mukuru...
Ikipe y’igihugu Amavubi izaba mu Karere ka Gisagara kubera Hoteli zidahagije ziri mu Karere ka Huye.
Ikipe y’igihugu Amavubi irerekeza mu Karere ka Gisagara mu mwiherero utegura umukino afitanye...
Muri Kenya, abantu benshi bagwiriranye ku marembo ya sitade mpuzamahanga i Nairobi, mbere y’uko William Ruto arahira ku mwanya wa perezida, uyu munsi kuwa kabiri.
Ruto abaye perezida wa gatanu...
Nyuma y’amezi menshi nta bafana bagera ku masitade kubera icyorezo cya Covid-19,ikipe ya Rayon Sports yagaruye abafana ku mukino uzayihuza na Kiyovu Sports ku Cyumweru, tariki ya 24 Ukwakira 2021,...
Minisiter y’ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 15 Kanama 2020 mu Rwanda habonetse abanduye bashya 59 bose bo mu mujyi wa Kigali bapimwe mu bibasiwe kurusha abandi no mu midugudu iri mu...
Ikipe yitwa FC Seoul yo mu gihugu cya Koreya y’Amagepfo yasabye imbabazi abakunzi ba ruhago nyuma y’aho ikoze agashya ikuzuza mu myanya y’abafana ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro ngo bizibe...
Ubuyobozi bw’ikigega Agaciro Development Fund bwatangaje ko guhera kuwa Gatanu tariki ya 28 Nzeli 2018 kugeza tariki ya 30 Nzeli 2018, kuri sitade Amahoro i Remera hazaba hakinirwa imikino ngaruka...
uzahuza ikipe y’Umurenge wa Kimonyi ihagarariye Akarere ka Musanze n’Intara y’Amajyaruguru, n’ikipe y’Umurenge wa Rubengera ihagarariye Akarere ka Karongi n’Intara...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera Polisi yaherekaniye abantu Batanu bacyekwaho icyaha cyo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje ko mu makipe 14 yo mu cyiciro cya mbere yasuwe mu rwego rwo gutanga impushya zo gukina amarushanwa yayo mu mwaka w’imikino wa...
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko ibikorwa by’imikino by’ingenzi harimo na shampiyona y’Ubwongereza Premier League, bishobora gukomeza guhera tariki ya 01/07/2020, ariko imikino igakinirwa muri...
Kalinda Viateur, ni izina rizwi cyane nk’umunyamakuru wogeje umupira kuri Radiyo Rwanda kuva mu 1978 kugeza mu 1994 .Yabaye ikirangirire kubera magambo yazanye n’ubu agikoreshwa mu kogeza umupira....