skol
Kigali

Search: sitade (290)

Burna Boy yarakaje bikomeye abafana be bo mu Buholandi

Umuhanzi Burna Boy arasaba imbabazi abafana be bo mu Buholandi nyuma yo kumutegereza bakamuheba mu gitaramo yari afite mu mpera z’icyumweru cyashize. Mu mpera z’icyumweru nibwo umuhanzi Burna Boy...
20 June 2023 503 0

FERWAFA yahishuye igihe nuko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa kuri Iki Cyumweru. FERWAFA ibinyujije kuri Twitter yagize it "Kubera...
22 April 2023 2335 0

Bimwe mu byaranze tariki ya 7 Mata 1994 ubwo hatangiraga Jenoside yakorewe Abatutsi

Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG). Kuri...
7 April 2023 1084 0

Ubuyapani bwatsinze Ubudage bufite igikombe cy’isi inshuro 4

Ikipe y’Ubuyapani nayo yakoze agashya itsinda Ubudage ibitego 2-1 mu mukino wa mbere wo mu itsinda E mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar. Ubudage bwaranzwe no gukina umukino mwiza cyane...
23 November 2022 1024 0

Minisitiri wa Siporo yasuye Amavubi ari kwitegura Ethiopia [AMAFOTO]

Ku mugoroba wo Kabiri, Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa yasuye ikipe y’Igihugu, Amavubi, yitegura umukino uzayihuza na Ethiopia mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza muri CHAN 2023,ku...
31 August 2022 1017 0

Abantu 113 barimo Papa Cyangwe bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Umuraperi Papa Cyangwe n’umuhanzikazi Ariel Wayz bari mu bantu 113 bafashwe na Polisi y’Igihugu barenze ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19 aho bafatiwe mu Kabari barimo gukora amashusho ndetse...
10 October 2021 1499 0

Ibyaranze tariki 07/04/1994:Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri...

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
7 April 2021 576 0

Harabura iminsi 100 ngo STARTIMES itangire kwerekana imikino ya EURO 2020

Kuri uyu wa Gatatu niwo wagaragaje ko hasigaye iminsi 100 gusa kugira ngo irushanwa rikundwa na benshi rya UEFA Euro 2020 ritangire aho ibihugu by’ibigugu bizesura kakahava muri iyi mikino...
5 March 2021 509 0

Dj Zizou Al Pacino ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhomba imodoka yamutwaye akayabo k’amamiliyoni[AMAFOTO]

Umuhanzi akaba na Producer Dj Zizou Al Pacino washinze MonsterRecords ari mu gahinda gakomeye, nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Mazda ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda...
24 November 2020 2067 0

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu binjije mu gihugu magendu n’abishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Polisi y’u Rwanda iravuga ko ikomeje kugenzura ibyaha byose n’ubwo yashyize imbaraga mu kurwanya ibijyanye no kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
3 July 2020 1315 0

Abatuye muri Gitega basabwe kuzahagarara ku muhanda bakunamira Perezida Nkurunziza

Guverinoma y’u Burundi yasohoye itangazo rikubiyemo gahunda izakurikizwa mu muhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki 26 Kamena...
24 June 2020 4092 0

Jose Mourinho yibasiye Frank Lampard na Guardiola barwanyije isubukurwa rya Premier League

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yitandukanyije na bagenzi be barimo Frank Lampard wa Chelsea na Pep Guardiola bagaragaje impungenge zo gusubukurwa kwa Premier League muri iki gihe COVID-19 iri...
15 May 2020 2644 0

Icyorezo cya Coronavirus cyateje impinduka mu mukino wa PSG na Borussia Dortmund

Umukino uzahuza ikipe yo mu Bufaransa ya Paris Saint-Germain na Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage, uzakinwa imiryano ya Stade ifunze nta mufana n’umwe uhari mu rwego rwo kwirinda...
9 March 2020 1954 0

Ifoto ya Jimmy Gatete wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda yatumye benshi bibuka ibihe byiza n’ibyishimo...

Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete, yagaruye akanyamuneza mu bantu batandukanye nyuma yo kongera...
5 March 2020 11992 0

Umutoza w’ikipe ya Gasogi we yavuze uburyo Rayon Sports yagize Imana

Umutoza wungirije w’ikipe ya Gasogi United Nshimiyimana Maurice bakunda kwita Maso, atangaza ko ikipe ya Rayon Sports yagize amahirwe yo kubakuraho inota 1, ariko andi makipe bitazayorohera muri...
8 October 2019 2011 0

Ikipe ya Rayon Sports yagiranye amasezerano n’undi mufatanyabikorwa

Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
3 September 2019 5118 0

Akayabo Nsengiyumva uzwi nka gisupusupu ahembwa ku gitaramo kamaze kumenyekana

Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamamaye nka Igisupusupu kubera indirimbo ye Mariya Jeanne akomeje kwandika amateka kuko nyuma yo kuva ku gucurangira amafaranga 100,agiye kujya ahembwa nibura...
17 June 2019 11640 0

#Kwibuka25: Uko umupira w’amaguru mu Rwanda wifashishijwe mu gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe...

Mu gihe Abanyarwanda bari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,Ikinyamakuru Umuryango.rw cyiyemeje gusangiza abakunzi b’imikino uko yagiye ikoreshwa mu kubiba inzangano...
8 April 2019 1658 0

Ubuhamya bwa Murangwa Eugene warokotse Jenoside abifashijwe no gukinira Rayon Sports

Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
7 April 2019 5267 0

Bobi Wine ubuyobozi bwamwimye Stade byongera biteza umwiryane mu baturage

Bobi Wine umwe mu bahanzi ndetse akaba n’umudepite ufite abantu benshi bamushyigikiye muri Uganda nyuma yo kwangirwa stade yagombaga gukoreramo igitaramo ya Namboole,kuri ubu byongeye guteza...
15 October 2018 942 0

Minisitiri Busingye afite inzozi ko umunsi umwe gereza zo mu Rwanda zizahinduka amashuri n’ amahoteli

Minisitiri w’ ubutabera w’ u Rwanda Johnston Busingye afite icyizere ko u Rwanda ruzagera ikirenge mu cy’ Ubuholandi rukagabanya imfungwa n’ abagororwa maze gereza zigahinduka amashuri, amahoteri,...
1 April 2018 2546 0

U Burusiya buhangayikishijwe n’ibikoko bishobora kubangamira igikombe cy’isi

Abayobozi muri Leta y’U Burusiya baratabaza ko inzige zishobora gutera ku bibuga by’umupira w’amaguru muri icyo gihugu bigatera ikibazo mu gihe hazaba hari kuba imikino y’igikombe cy’Isi. Pyotr...
2 February 2018 1780 0

Umusore wajyanye ikanzu ku gituro cya Regis agasiba graduation yavuze icyabimuteye [AMAFOTO]

Cyuzuzo Philbert abenshi bazi nka Khaled yibujije kujya kwifatanya n’ abandi mu birori byo gusoza amasomo ya Kaminuza y’ u Rwanda yabereye I Huye tariki 2 Ugushyingo...
6 November 2018 8793 0

Reba isengesho ryose basengeye Perezida Paul Kagame warahiriye kuyobora u Rwanda

Ubwo yasengeraga Perezida Kagame ugiye kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere, Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim yashimiye Imana ko yahaye amahoro u Rwanda mu gihe cy’amatora kandi ko...
18 August 2017 5218 0

“Uyu munsi ntawe u Rwanda rubona nk’ umwanzi” Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
18 August 2017 1166 0

Umunya Botswana yahagaritswe gukina muri shampiyona y’isi kubera kuruka muri Stade

Mu ijoro ryakeye ku italiki ya 08 Kanama nibwo hakinwaga umunsi wa 5 muri shampiyona y’isi iri kubera mu mugi wa London mu Bwongereza aho icyari cyitezwe na benshi ari uguhangana kw’abasore 2...
9 August 2017 832 0

Senegal: Abantu 8 bapfiriye ku kibuga cy’ umupira w’ amaguru abandi benshi barakomereka

Abantu 8 bapfuye naho abandi bagera kuri 49 barakomereka nyuma yaho urukuta rusenyukiye ku kibuga cy’umupira muri Senegal. Byabereye kuri sitade ya Demba Diop mu murwa mukuru Dakar nyuma...
16 July 2017 881 0

Imirambo y’ abantu 71 baherutse kugwa mu mpanuka y’ indege yagejejwe muri Brezil

Imirambo y’abakinnyi bo muri Bresil baguye mu mpanuka y’indege yabereye muri Colombia yagejejwe mu gihugu cya Brezil aho igiye gushyingurwa mu cyubahiro. Abantu 71 nibo baguye muri iyo mpanuka...
3 December 2016 993 0

[AMAFOTO]: Mu maso y’ abafana batari benshi Rayon Sports yatsinze Wau Salam ihita ikomeza mu cyiciro...

Rayon Sports itsinze Wau Salam 2-0 byatsinzwe na Camara ndetse na Pierrot ihita inayisezerera mu mikino nyafurika ku igiteranyo cy’ibitego 6-0. Umukino ubanza wabereye muri Sudani y’ Epfo Rayon...
19 February 2017 2457 0

Ibyihebe bya IS byateguje kugaba ibitero ku bibuga bikinirwaho 1/4 cya Champions League

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic state wasohoye inyandiko ivuga ngo ’Bice Bose’ hamwe n’urutonde rw’ibibuga by’umupira w’amaguru uzagabaho ibitero byose bizakinirwaho 1/4 cya UEFA Champions...
9 April 2024 1456 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270