Umuhanzi Burna Boy arasaba imbabazi abafana be bo mu Buholandi nyuma yo kumutegereza bakamuheba mu gitaramo yari afite mu mpera z’icyumweru cyashize.
Mu mpera z’icyumweru nibwo umuhanzi Burna Boy...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko umukino wa Rayon Sports na Rwamagana City uzasubukurwa kuri Iki Cyumweru.
FERWAFA ibinyujije kuri Twitter yagize it "Kubera...
Imyaka 29 irashize Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari bimwe mu bikorwa by’ubwicanyi byaranze tariki ya 7 Mata 1994, nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG).
Kuri...
Ikipe y’Ubuyapani nayo yakoze agashya itsinda Ubudage ibitego 2-1 mu mukino wa mbere wo mu itsinda E mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar.
Ubudage bwaranzwe no gukina umukino mwiza cyane...
Umuraperi Papa Cyangwe n’umuhanzikazi Ariel Wayz bari mu bantu 113 bafashwe na Polisi y’Igihugu barenze ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19 aho bafatiwe mu Kabari barimo gukora amashusho ndetse...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali
Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50...
Kuri uyu wa Gatatu niwo wagaragaje ko hasigaye iminsi 100 gusa kugira ngo irushanwa rikundwa na benshi rya UEFA Euro 2020 ritangire aho ibihugu by’ibigugu bizesura kakahava muri iyi mikino...
Umuhanzi akaba na Producer Dj Zizou Al Pacino washinze MonsterRecords ari mu gahinda gakomeye, nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Mazda ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko ikomeje kugenzura ibyaha byose n’ubwo yashyize imbaraga mu kurwanya ibijyanye no kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Guverinoma y’u Burundi yasohoye itangazo rikubiyemo gahunda izakurikizwa mu muhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki 26 Kamena...
Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yitandukanyije na bagenzi be barimo Frank Lampard wa Chelsea na Pep Guardiola bagaragaje impungenge zo gusubukurwa kwa Premier League muri iki gihe COVID-19 iri...
Umukino uzahuza ikipe yo mu Bufaransa ya Paris Saint-Germain na Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage, uzakinwa imiryano ya Stade ifunze nta mufana n’umwe uhari mu rwego rwo kwirinda...
Rutahizamu w’Amavubi wakoze ibitarakorwa n’undi mukinnyi mu Rwanda, Jean Michel Gatete, wamenyekanye cyane ku izina rya Jimmy Gatete, yagaruye akanyamuneza mu bantu batandukanye nyuma yo kongera...
Umutoza wungirije w’ikipe ya Gasogi United Nshimiyimana Maurice bakunda kwita Maso, atangaza ko ikipe ya Rayon Sports yagize amahirwe yo kubakuraho inota 1, ariko andi makipe bitazayorohera muri...
Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois wamamaye nka Igisupusupu kubera indirimbo ye Mariya Jeanne akomeje kwandika amateka kuko nyuma yo kuva ku gucurangira amafaranga 100,agiye kujya ahembwa nibura...
Mu gihe Abanyarwanda bari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,Ikinyamakuru Umuryango.rw cyiyemeje gusangiza abakunzi b’imikino uko yagiye ikoreshwa mu kubiba inzangano...
Ubuhamya bukurikira ni ubwegeranyijwe hifashishijwe inyandiko y’ikinyamakuru The Guardian cyahaye umutwe ugira uti “ How being a footballer saved me from death in Rwanda genocide” yanditswe na Paul...
Abayobozi muri Leta y’U Burusiya baratabaza ko inzige zishobora gutera ku bibuga by’umupira w’amaguru muri icyo gihugu bigatera ikibazo mu gihe hazaba hari kuba imikino y’igikombe cy’Isi.
Pyotr...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma yo kurahirira kuyobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere yavuze ko kuri ubu u Rwanda ari urw’ Abanyarwanda bose yongeraho ko ntawe rubona nk’ umwanzi haba...
Mu ijoro ryakeye ku italiki ya 08 Kanama nibwo hakinwaga umunsi wa 5 muri shampiyona y’isi iri kubera mu mugi wa London mu Bwongereza aho icyari cyitezwe na benshi ari uguhangana kw’abasore 2...