Tanasha umukobwa wavugwaga ko agiye gukora ubukwe na Ali Kiba abinyujije kuri instagram yamaganye aya makuru avuga ko ari binyoma.
Hashize iminsi igera kuri 5 ku mbuga zitandukanye ndetse n’...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus we n’umukunzi we Georgina Rodriguez,basuye urusengero rukomeye mu Butaliyani bivugwa ko arirwo bashobora gukoreramo...
Myugariro wa Rayon Sports,Irambona Eric yakoze ubukwe bw’igitangaza we n’umukunzi we Mugeni Olive mu birori byabaye kuri uyu wa 23 Werurwe 2019 bikitabirwa n’ibyamamare bitandukanye birimo...
Myugariro w’ikipe ya APR FC,Rusheshangoga Michel ukinira ikipe ya APR FC yatangaje ko tariki ya 26 Nyakanga 2019 aribwo azakora ubukwe n’umukunzi we Nakazungu Aimée bita...
Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Afurika y’Uburasira zuba, yatangaje ko ari gupanga gukora ubukwe mu kwezi gutaha n’umunyamakurukazi w’umunyakenya, Tanasha Donna Oketch aho bushobora...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange...
Mutesi Dorah umwe mu bakobwa b’ubwiza bambitswe ikamba rya Nyampinga w’iyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu 2010 usigaye aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Georgia, yamaze gukora ubukwe...
Jessica Asmah wakundanye na Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti mu minsi ye ya nyuma, yakoze ubukwe n’umusore witwa Yves Melodie ubarizwa mu itsinda rya Best Life Music ryo mu...