Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Africa ndetse no hanze muri rusange Diamond Platnumuz yahamije ko atagikundana na Zuchu asanzwe anabereye umuyobozi mu...
Amafoto ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yishimanye n’imfura ye mu buzukuru yazamuye amarangamutima ya benshi bamwe bagaragaza ko banyurwa n’uburyo umukuru w’Iigihugu mu nshingano...
Myugariro wa Paris Saint-Germain,Achraf Hakimi yashinjwe gufata ku ngufu umugore w’abandi nyuma yo kumutumira iwe bitewe nuko uwo bashakanye n’abana be bari bagiye mu biruhuko.
Abagenzacyaha...
Irene Uwoya wamamaye nka Oprah muri sinema ya Tanzania wanabaye umugore wa Nyakwigendera Ndikumana Hamad Katauti wabaye kapiteni w’Amavubi, yaciye amarenga yo kongera gusubira mu...
Umugabo witwa Umar Sani, washyingiranwe n’abagore babiri icyarimwe yavuze ko ku munsi w’ubukwe yumvaga asa nkuri muri Paradizo.
Bwana Sani,yashyingiranwe na Safina na Maryam Kuwa Gatanu tariki 3...
Madamu Mugirwanake Margaret yatunguye benshi ubwo yafataga umwanzuro wo kugaruka ku ishuri ku myaka 52 nyuma yo kurivamo atarangije ay’isumbuye kubera politiki y’iringaniza.
Nk ’umunyeshuri...
Niyonshuti Ange Tricia umugore wa Tom Close yongeye kugaragaza amarangamutima ye ubwo yazirikanaga ubutwari bw’uwamubyariye umugabo ndetse anamwifuriza...
Horaho Axel wari umunyamakuru w’imikino mu kiganiro ’Urukiko rw’Ubujurire’ cya Fine FM uheruka kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umugore we Masera baritegura kwibaruka imfura ya...
Nick Cannon uzwiho kugira abana benshi ku bagore batandukanye yavuze imyato Mariah Carey wahoze ari umugore we avuga ko kuva yabaho atarabona undi muntu umeze nka Mariah kubera ubugwaneza...
Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yakoresheje amagambo aryohereye mu kwifuriza isabukuru nziza umugore we Miss Iradukunda Elsa baheruka gusezerana
Kuri uyu wa 25 Werurwe nibwo Iradukunda...
Umugabo yakoze ku mutima wa benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhura n’umukobwa asabiriza ku muhanda,akamutwara akamugira mwiza kugeza ubwo ahindutse burundu bagakora ubukwe.
Nkuko...
Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Tanzania, Global Publishers nyuma y’urwango nk’urw’amazi n’umuriro, Diamond Platnumz na Tanasha baba bariyunze ubu umubano wa bo umeze neza. Iki kinyamakuru cyatangaje ko...