Ubukwe bwa Niyomugabo Thacien na Nyandwi Therese basengera mu itorero rya ADEPR ku Mudugudu wa Rugaragara muri Paruwasi ya Muramba mu Karere ka Rusizi bwabaye kimomo mu bitangazamakuru ko...
Umwuzukuru w’umwamikazi Elisabeth w’Ubwongereza,Princess Eugenie ari kuvugwa mu bitangazamakuru byo ku isi kubera ubukwe bw’akataboneka yakoranye n’umugabo we Jack Brooksbank...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23 Gashyantare 2019 nibwo uwahoze ari umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa n’umukunzi we Isimbi Mimi Roselyne bakoze ubukwe bw’akataraboneka bwitabiriwe na...
Mu gihe abantu benshi bakizera ko urukundo ari impumyi kuko bagenda babona benshi bajya mu rukundo nyamara bigaragara ko batakabaye baruhuriramo bitewe n’ibintu byinshi baba badahuje,ibi byongeye...
Umugore witwa Mukarurema Christine w’imyaka 35 yasanzwe mu Kivu yapfuye nyuma yo kuburirwa irengero mu ijoro ryo ku munsi nyirizina yakoreyeho ubukwe,ubwo yari amaze kubwira umugabo we ko agiye mu...
Rutamu Elie Joe wahoze ari umunyamakuru hano mu Rwanda akaba amaze iminsi yibera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoze ubukwe mu ibanga na Nyinawabeza Rebecca aherutse kwambika...
Umunyamakuru Rutamu Elie Joe wamamaye cyane mu kogeza imipira yaba iyo mu Rwanda no hanze yarwo,yakoze ubukwe bw’ibanga n’umukunzi we Nyinawabeza Rebecca ku Cyumweru taliki ya 07 Nyakanga uyu...
Zari aherutse gusezerana n’umugabo akunze kwita M cyangwa se King Bae, nyuma y’ubu bukwe bwe bwabaye mu ibanga bamwe batangira kuvuga ko bushobora kuba ari ubwa baringa n’uwo mugabo we...
Miss Shimwa Guelda wegukanye ikamba rya Miss Heritage mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka 2017, yakoze ubukwe bw’igtangaza na Habimana Hussein usanzwe ari Umuyobozi wa Tekiniki mu...
Mbabazi Shadia benshi bamenye nka Shaddyboo ni umwe mu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga.Yanze gukomeza kubihisha yemeza ko nyuma yo gutandukana na Meddy Saleh babyaranye abana babiri...
Umugeni wo mu gace kitwa Sadot Negev mu majyepfo ya Israel yahuye n’uruva gusenya afatwa n’umutima yitura hasi ubukwe burimbanyije ibyari ibyishimo bihinduka...
Umugeni ufite umutima ukomeye yarekuye ikiganza cy’umugabo we bahagaze ku manga ndende,afotorwa asa nk’uwahanutse nubwo amakuru avuga ko hari ukuntu bari bafite...
Umuhanzi mpuzamahanga Nziza Désiré wamamaye mu Burundi mu ndirimbo ‘Kula Kulipa’ akaba na Mukuru w’umuhanzi Dr Claude, nyuma yo kubyarana n’umuhanzikazi Natacha, yakoze ubukwe n’umukunzi we Bijoux...