Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gifatanyije n’icya Uganda (UPDF), kiratangaza ko kivuganye undi muyobozi wa ADF mu murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, mu Ntara...
Umunyeshuri Julius Isingoma yavuze ukuntu yarokotse mu buryo bw’igitangaza igitero cya nijoro bicyekwa ko cyagabwe n’intagondwa ziyitirira idini ya Islam, ku nzu yo kuraramo yo ku ishuri ryo mu...
Abagore batandatu batuye mu bice byagenzurwaga n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo barashinja umutwe witwaje intwaro wa FDLR na Nyatura kubasambanya ku...
Amakuru y’intambara ava muri Sudan avuga ko hari igisasu cyaraye kituye ku isoko gihitana abantu 17 abandi babarirwa mu 108 barakomereka mu majyepfo y’umurwa mukuru...
Impuguke mu gihugu cy’u Bufaransa, umuganga witwa Leleu, avuga ko nyuma yo gukora ubushakashatsi yasanze abahungu bari mu rukundo bakunda kurakazwa cyane n’ibi bintu birindwi:
Kuba umukobwa...
1.Umutwe w’abasirikare barindaga Perezida Habyarimana bafatanyije n’Interahamwe kwica Abatutsi bo mu gace ka Nyamirambo
Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare barinda Perezida...
Dosiye ya Junior Giti na Chris Eazy bari bamaze igihe bakorwaho iperereza n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ku cyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, yagejejwe mu...
Umutima n’imwe mu ndwara zihitana umubare w’abantu benshi mu mwaka ariko kandi muri abo bose nta n’umwe uwurwara atabanje kugira ibimemyetso ndetse ku buryo aramutse yitaye ku marenga umubiri uba...
Georgina Rodriguez, umukunzi wa kizigenza Cristiano Ronaldo yahishuye ko mbere y’uko abyara umwana agapfa,yabanje gutwita inda eshatu zivamo.
Uyu mukunzi wa Cristiano Ronaldo ntiyahiriwe...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Mu muryango w’umuhanzi Britney Spears wamamaye mu ruhando mpuzamahanga bigashyira cyera, akaba amaranye iminsi uburwayi bwo mu mutwe bukomoka ku biyobyabwenge, hari kuvugwa ubwoba ko yaba agiye...
Abantu babarirwa mu bihumbi bakomeje gusaba kurera wa mwana w’umukobwa wavukiye mu bikuta by’inzu yasenyutse mu burasirazuba bushyira uburengerazuba bwa Syria biturutse ku mutingito wo ku wa mbere....
Abayobozi batandukanye b’umupira w’amaguru bakomeje gushaka cyane Christian Atsu wakiniye Chelsea na Newcastle muri Premier League uheruka kugwirwa n’ibikuta by’amazu biturutse ku mutingito wibasiye...
Abafana babiri na APR FC baraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa ndetse bakanakomeretswa n’abavugwa ko ari mayibobo z’i Rubavu zizwi nk’Abuzukuru ba Shitani.
Ibi byabaye nyuma y’umukino w’umunsi wa 15...
Nkuko amashusho y’ama TV arimo TF1 yabigaragaje, rutahizamu wa Brazil,Neymar,yagize imvune ku kagombambari k’iburyo,ndetse yasubiye mu rwambariro acumbagira nubwo atahawe imbago.
Ikipe ya Brazil...
Itangazamakuru rya leta mu Bushinwa ryitaye cyane ku gikombe cy’isi muri iki cyumweru, ariko iyo mikino irimo guteza kwinuba kwa rubanda mu gihugu ko badashobora kwishima nk’ahandi ku isi.
Hejuru...