Mu muhanda uzwi nka poid lourd mu mujyi wa Kagili, ku mugoroba wo kuri uyu wa 8 Mutarama 2017, habereye impanuka ikomeye ihitana umumotari n’ uwo yari ahetse, ikomeretsa umunyamaguru mu buryo...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Umukobwa w’imyaka 13 ukomoka muri Kenya witwa Faith Jepchirchir ,uherutse gufotorwa ahagaze kuri moto atwaye inkwi ze mu buryo butangaje, yamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera aya mafoto yafashwe...
Saa mbiri z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri mu kagari ka Butare Umurenge wa Ngoma mu masangano y’umuhanda bita ko ari uwo kwa Bihira ho mu karere ka Huye, imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi FUSO...
Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe wo mu muhanda yavuze ko imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yaraye itaye umuhanda ikagonga abantu 7 umwe akitaba Imana.
Mu gihe umuvuduko ukabije, gutwara wasinze no kuvugira kuri telefone utwaye ari bimwe mu bikunze kugarukwaho nk’ibiteza impanuka zo mu muhanda, bamwe mu bamotari bo mu karere ka Musanze bavuga ko...
Kuva umurwayi wa Mbere wa Coronavirus yagaragara mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020, nibwo haboneka abarwayi benshi kurusha abandi bose mu gihugu aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Kamena 2020...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu mu Kagari ka Byahi yafashe Dushimimana Alphonse w’imyaka 37, Yafashwe mu ijoro rya tariki ya 15 Ugushyingo, aracyekwaho...
Polisi ikorera mu Karere ka Kirehe yataye muri yombi umugabo w’imyaka 35, wari wibye moto Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, akaba yafashwe ayitwayeho...
Urukiko rw’Ibanze rwa Mbogo mu Karere ka Gicumbi rwakatiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo umugore uturuka mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana, Akagari ka Kajevuba ukurikiranyweho cyaha...
Umwe mu myanzuro yafatiwe mu inama yateranye igitaraganya kubera imyigaragambyo y’abamotari I Kigali binubira ibihombo bari guterwa na mubazi bategetswe gukoresha,nuko igenzurwa rya mubazi...
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, hakomeje kuvugwa ikibazo cy’amikoro macye ku baturage bo mu duce tumwe na tumwe, aho umuntu apfusha uwe mu bitaro cyangwa ahandi hantu runaka,...
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo ifunze abagabo babiri bafashwe ku italiki ya 30 Mata bakaba bakurikiranyweho ubujura ndetse n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge, bombi bakaba bafungiye kuri sitasiyo...
Polisi yo mu gihugu cya Uganda mu gace ka Ibanda ikomeje gushakisha ibimenyetso byatumye umusore yari ifunze yinigisha ishati yari yambaye kugeza apfiriye mu biro bya Polisi.
Umusore witwa...
Nyuma y’aho bikomeje kuvugwa ko bamwe mu banyonzi b’amagare n’abamotari bo mu mujyi wa Musanze bagaragaraho isuku nke, kandi ngo bikaba ari ibintu bikomeje guhesha isura mbi uyu mujyi, ubuyobozi...
Umugore witwa Olivia Nangonzi arwariye mu bitaro bya Namirembe mu mujyi wa Mukono aho ari kuvurwa ibikomere nyuma yo gukatwa ijosi n’umugabo we amuzizia ko yari yabonye Buruse yo kujya kwioa muri...
Umugabo witwa Munyemana Jean de Dieu utuye I Kinyinya mu mugi wa Kigali yatangarije Umuryango ko yapfuye akamara iminsi ibiri muri morgue, abaje gufata umurambo ngo bage kuwushyingura bagasanga...
Urwego ngenzuramikorerere RURA, rurakangurira abamotari guhindura imyumvire bakumva ko isuku ku mubiri wabo, ku byo bambaye ndetse no ku binyabiziga baba batwayeho abagenzi ari ngombwa. Abagenzi...
Umusore witwa Irakoze Arsene wo mu karere ka Nyanza akurikiranyweho kwica nyirakuru Murekatete Bernadette w’ imyaka 68 y’ amavuko wamureze kuva afite imyaka ibiri.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize mu Mujyi wa Kayunga umumotari witwa Steven Sseruwo w’imyaka 45 yakubiswe bikomeye kugera ubwo akurwamo amaso.
Uyu mugabo utuye mu gace ka Mbulawati mu Karere ka...
Mu cyumweru gishize Polisi yafashe abagabo babiri baha ruswa y’amafaranga Abapolisi bakora mu Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda kugira ngo be guhanirwa kwica amategeko...
Uganda-Polisi yo ku mupaka wa Elegu mu ntara ya Arua iratangaza ko yataye muri yombi ku wa Gatatu w’icyumweru dusoje umugore wari utwaye mu gikapu intwaro za Gisirikare ava muri Afurika y’Epfo...