YG Entertainment yateguye igitaramo cyiswe ’Generation To Generation’ kugamije guhuza ibyiciro bitandukanye by’abanyamuziki mu Rwanda kizaba ku itariki ya 1 Werurwe...
Umuhanzi Nsengiyumva Francois uzwi nka Igisupusupu yavuze ko inkubiri yo kwigarurira imitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda yakomereje ku bayobozi kuko ngo Meya wa Gatsibo asigaye amwirahira...
Umuraperi P Fla umaze amezi agera kuri arindwi avuye muri gereza ya Mageragere yakomeje guhamya ko yaciye ukubiri no gukoresha ibiyobyabwenge ndetse anemeza ko afite byinshi byo kwitaho...
Ibitangazamakuru byo muri Tanzanie biheruka kuvuga ko Tanasha Donna mu minsi ishize yashinje ivanguraruhu uwahoze ari umukunzi we ndetse akaba na se w’umwana we witwa Junior Naseeb yagaragaye mu...
Umuramyi w’umunyempano Kagame Charles ubarizwa muri Australia mu itorero rya Lifehouse Church mu mujyi wa Coffsharbour, ukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, arashima Imana mu buryo...
Kagame Charles umuhanzi nyarwanda mu muziki wa Gospel ubarizwa muri Australia ari naho akorera umuziki, yashyize hanze indirimbo nshya yise ’Amakuru’ yasohokanye n’amashusho yayo. Ni nyuma y’iminsi...
Umuririmbyi w’umuhanga w’Umubiligi ukomoka mu Rwanda, Paul Van Haver, wamamaye nka Stromae, yatangaje ko Album ye nshya yise ‘Multitude’ agiye gushyira hanze irimo uruhurirane rw’ibikoresho...
Munyakazi Bruce Melodie yasubije abari kumuhanganisha na mukuru we The Ben ,avuga ko buri wese afite ubwoko bw’umuziki akora, kandi amufata nka Mukuru we, bityo ibikorwa yakoze cyangwa se akomeza...
Ubundi mu myaka ya buri umwe buriya habaho igihe kigenda kiza maze ingano y’ubwenge bwawe aho kwiyongera maze ikagabanuka,kandi bikaba biri mu ngaruka mbi ziba ziri ku buzima bw’umuntu mu...
Umuhanzi Lil Ngabo, uheruka kumvikana mu ruhando rwa muzika mu myaka ine ishize aravuga ko imbogamizi yari afite zagiye ku ruhande, ngo agarukanye ingamba nshya mu ruganda rwa muzika nyarwanda....
Ndayambaje Emmanuel uzwi cyane mu muziki nka Bob Pro avuga ko umuziki nyarwanda udakeneye abiyita abajyanama (managers), ko ahubwo ukeneye abakorera hamwe nk’itsinda rimwe ari abantu benshi kugira...
Amwe mu makosa yaranze PGGSS 8 turasangamo , kutubahiriza igihe , kwirengagiza amabwiriza , kujarajara kw’ abahanzi mu njyana.
Primus Guma Guma Super Star irushanwa riba buri mwaka aho rijyamo...