Mu kiganiro Pasteur Antoine Rutayisire yahaye Umuryango, yagaye ko haba hari ingo zitandukanwa n’ikibazo cy’imibonano mpuzabitsina aho yemeza ko igitsina ari akantu gatokatagombye gutandukanya abashakanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imibonano mpuzabitsina siyo yubaka urugo, ni akantu gato, n’inyamaswa zitagira ubwenge zirayikora/ Past. A Rutayisire
1 April 2019, by Ubwanditsi -
Cristiano Ronaldo yongeye kwandika amateka muri ruhago yahabwa igihembo cy’akayabo
17 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUmunyabigwi muri ruhago Cristiano Ronaldo ,nyuma yo gufasha Manchester United gutsinda Norwich City ibitego 3-2 mukino wa Premier League ,Cristiano Ronaldo yemerewe agahimbazamusyi k’ibihumbi 850 by’amapawundi, ni ukuvuga miliyoni zirengaho gato 850 FRW.
-
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel yagaragaje uburyo ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse
25 February 2020, by Martin MunezeroMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Ndagijimana Uzziel,yagaragejo ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo cya 8.4% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2019/2020, bukomeza kuzamuka ku gipimo cya 12.2% mu gihembwe cya kabiri no ku gipimo cya 11.9% mu gihembwe cya gatatu, asobanura ko bigaragaza ko mu mezi 9 ya mbere ubukungu bwazamutse ku mpuzandengo ya 10.9% ugereranyije na 8.3% byo mu mezi nk’ayo yo mu 2018/2019.
-
Abacuruzi 9 baciwe amande asaga miliyoni 19 kubera kuzamura ibiciro by’amata ya Inyange
2 November 2021, by Dusingizimana RemyAbacuruzi 9 bo muri Kigali bakorana n’uruganda Inyange mu kugeza amata ku bacuruzi bato bamaze gucibwa amande ya miliyoni 19,5 Frw nyuma y’aho bigaragaye ko bazamuye ibiciro by’amata.
Ni mu bugenzuzi buri gukorwa n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, RICA aho basanze abo bacuruzi bagurishaga amata ku giciro gihanitse, ariko bagatanga inyemeza bwishyu zigaragaza ko batanze ayo mata ku giciro gisanzwe.
Ibi ni nyuma y’uko kuri uyu wa (...) -
DR Congo: Imirwano ’yubuye’ hagati ya M23 n’ingabo za leta
6 June 2022, by Dusingizimana RemyInyeshyamba za M23 ziravuga ko ibirindiro byazo mu gace ka Jomba muri teritwari ya Rutshuru birimo kuraswaho n’ingabo za leta kuva mu gitondo kare kuwa mbere.
Hari hashize icyumweru imirwano ihagaze nyuma y’uko izi nyeshyamba zitangaje ko zivuye mu duce zari zarafashe muri teritwari za Rutshuru na Nyiragongo z’intara ya Kivu ya ruguru.
Umuvigizi wa M23, Willy Ngoma,yabwiye BBC ati: “Barimo kuturasaho kuva saa 5h30”.
Ingabo za leta ntacyo ziravuga ku byatangajwe na M23 kuri iyo mirwano, BBC (...) -
IFOTO Y’UMUNSI: Umurongo muremure w’imodoka z’abantu ku giti cyabo mu Bugesera
5 January 2021, by Dusingizimana RemyMu gihe ingendo zihuza uturere n’Umujyi wa Kigali ziri mu zibujijwe, mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri,umurongo w’imodoka z’abantu ku giti cyabo, zituruka i Nyamata wari muremure cyane ahazwi nka Karumuna.
-
Kwinjira kwa Jamaica mu bahatanira kuyobora Commonwealth bivuze iki ku myiteguro yayo mu Rwanda
11 April 2022, by Joseph IradukundaIgihugu cya Jamaica cyatangaje ko Minisitiri wacyo w’ububanyi n’amahanga azahatanira umwanya w’ubunyamabanga bukuru bw’umuryango Commonwealth uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko hakenewe ubufatanye hagati ya Leta n’abaturage mu guharanira iterambere
3 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika yavuze ko hakenewe ubufatanye hagati ya leta n’abaturage kugira ngo imibereho myiza ya buri wese irusheho kuba myiza ndetse n’iterambere rirusheho kwihuta.
-
Impamvu nyamukuru ituma abakozi basambana na ba nyirabuja yamenyekanye
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestBitungura benshi kumva ko umubyeyi wubashwe asambana n’ umukozi we cyangwa umushoferi nyamara afite umugabo mwiza umukunda
Umugabo w’ umunyarwanda tutari butangaze amazina yatubwiye ko byamubayeho. Uyu mugabo uri mu kigero cy’ imyaka 50 ngo muri Nyakanga 2017 nibwo yamenye ko umugore we amuca inyuma akaryamana n’ umushoferi we.
Akibimenya yirinze guhita amugaragariza uburakari, dore nubwo umugore we yamucaga inyuma yakomeje kumwubaha nk’ umugabo we akamwitaho nk’ uko bisanzwe.
Yakomeje (...) -
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu yasuye Rusesabagina aho afungiye imukorera ubuvugizi
22 September 2020, by Dusingizimana RemyKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu yatangaje ko yasuye Bwana Paul Rusesabagina tariki ya 16 Nzeri aho afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera bagirana ibiganiro.
0 | ... | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | ... | 1410